Kigali: Abajya mu ntara kwizihiza iminsi mikuru bashyiriweho aho bazategera
Urwego rw’igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro, RURA rwashyizeho ingamba zigamije korohereza...
Read MoreDore uko abanyeshuri biga bacumbikiwe bazasubira mu miryango yabo mu gihembwe cya mbere 2024/2025
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri, NESA cyatangaje gahunda y’uko abanyeshuri bazataha bajya mu biruhuko by’igihembwe cya...
Read MoreRwanda: Utubari n’utubyiniro byemerewe gukora kugeza mu gitondo
Leta y’u Rwanda mu rwego rwo gufasha Abaturarwanda kwizihiza iminsi mikuru isoza umwaka, yemereye hoteli, utubari, resitora n’utubyiniro gukora...
Read MorePerezida Kagame yashimiye mugenzi we mushya wa Ghana
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashimiye mugenzi we John Dramani Mahama wongeye gutorerwa kuyobora Ghana. Abinyujije ku rukuta rwa X...
Read MoreSgt Minani wishe arashe abaturage 5 yakatiwe igifungo cya burundu
Urukiko rwa Gisirikare rwakatiye Sergeant Minani Gervais, igihano cy’igifungo cya burundu ndetse no kwamburwa impeta za gisirikare. Ni nyuma yo...
Read More“Mfite uwo naje nshaka kuba nkawe ariko byaranze”-Scovia
Umunyamakuru umaze kugira igikundiro no kuba kimenyabose kugera no ku mukuru w’igihugu, Mutesi scovia avuga ko nawe ubwe agifite urugendo rurerure...
Read MoreMutesi scovia yagizwe umutumirwa mukuru muri Gen-Z
Mutesi scovia uherutse gutorerwa kuyobora urwego rw’abanyamakuru bigenzura mu Rwanda (RMC) niwe mutumirwa mugace kiswe “Meet me tonight” mu gitaramo...
Read MoreNyarugenge: Umugabo yakatiwe azira gukubita umugore we ikimamiyo mu mutwe
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwakatiye igihano cy’igifungo cy’amezi atandatu n’ihazabu y’ibihumbi 100 Frw, umugabo wo mu Karere ka Nyarugenge...
Read MoreRIB yafunze Umuhesha w’Inkiko, Umwanditsi w’Urukiko n’abandi 4
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwafunze Mwiseneza Jerome, Umwanditsi w’Urukiko rw’Ibanze rwa Gatunda, Mabondo Semahoro Victor,...
Read MoreNyuma y’iminsi 1000 mu ntambara, Zelensky yasabye abamufasha ikintu gikomeye
Perezida wa Ukraine, Zelensky yasabye Uburayi “kotsa igitutu Uburusiya” mu ijambo ryo kwibuka iminsi 1.000 ishize kuva Vladmir Putin agabye ibitero...
Read More