Masisi:umutwe wa m23 wigaruriye imidugudu ibiri mishya nyuma yo kwirukana Wazalendo
Umutwe wa m23 wigaruriye uduce tubiri muri teritwari ya Masisi aritwo Ndurumo na Kinyaonga. Imirwano ikaze yashyamiranyije umutwe wa m23 n’abarwanyi ba Wazalendo guhera ku Cyumweru cyashize tariki ya 14 Nzeri 2025 nibwo abarwanyi ba Wazalendo bagabweho ibitero n’abarwanyi bo mu mutwe wa
UVIRA: WAZALENDO BAMAZE GUSHYIRAHO ABAYOBOZI BASHYA MU MUJYI RWAGATI
UVIRA: WAZALENDO BAMAZE GUSHYIRAHO ABAYOBOZI BASHYA MU MUJYI RWAGATI Uvira, umujyi ukomeye mu Buseruko bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ukomeje kuba ahantu h’inkundura hagati y’inyeshyamba za Wazalendo n’ingabo za leta (FARDC). Kuva tariki ya 1 Nzeri 2025, ibikorwa byo kurwanira uyu mujyi
RDC: Umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yatangaje ko ashobora kwinjira Kisangani niba M23 ifashe Uvira
RDC: Umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yatangaje ko ashobora kwinjira Kisangani niba M23 ifashe Uvira Goma, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Kanama 2025; mu butumwa buteye impungenge ku mutekano mu burasirazuba bwa RDC, umuhungu wa Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni,