Amabwiriza mashya agenga amasaha yo gukora ku tubari, utubyiniro na resitora

Amabwiriza mashya agenga amasaha yo gukora ku tubari, utubyiniro na resitora

Jun 28, 2025

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), rufatanyije na Polisi y’u Rwanda n’Umujyi wa Kigali, rwashyizeho ingamba nshya zigamije gucunga neza imikorere y’inzu zitangirwamo serivisi zijyanye no kwakira abantu, cyane cyane ahatangirwa ibisindisha n’ibyidagaduriro. Izi ngamba nshya zafashwe nyuma y’ubusabe bw’abantu batandukanye bifuza ko hashyirwaho umurongo

Read More