Amabwiriza mashya agenga amasaha yo gukora ku tubari, utubyiniro na resitora
Jun 28, 2025
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), rufatanyije na Polisi y’u Rwanda n’Umujyi wa Kigali, rwashyizeho ingamba nshya zigamije gucunga neza imikorere y’inzu zitangirwamo serivisi zijyanye no kwakira abantu, cyane cyane ahatangirwa ibisindisha n’ibyidagaduriro. Izi ngamba nshya zafashwe nyuma y’ubusabe bw’abantu batandukanye bifuza ko hashyirwaho umurongo
Recent Posts
- Rubavu:Urwego rw’igihugugu rushinzwe ubugenzacyaha rwasabye abaturage n’abayobozi gufatanya kurwanya icuruzwa ry’abantu
- Burundi:Ubutegetsi bwa CNDD FDD bwongeye gusubukura imyitozo y’abagamije gutera u Rwanda
- Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyahakanye raporo ya komisiyo y’umuryango w’abibumbye ishinzwe ikiramwamuntu ibashinja ibitero muri Sudan Y’Epfo
- Goma igitero cya drone gihitanye umukozi w’umuryango w’abibumbye
- Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yageze mu gihugu cy’Ubufaransa mu nama