YIRUKANYWE MU NAMA YA TSHISEKEDI MURI ÉTATS-UNIS KUBERA KO ASA NA MAKENGA
YIRUKANYWE MU NAMA YA TSHISEKEDI MURI ÉTATS-UNIS KUBERA KO ASA NA MAKENGA Ku italiki ya 21 Nzeri 2025, mu mujyi wa New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, habaye inkuru yasize benshi bacecetse ariko n’abandi ibashyira mu kantu. Umusore w’umunyekongo witwa Tshidingi
Israel ikomeje kunengwa n’amahanga
QATAR YASABYE UMURYANGO MPUZAMAHANGA GUFATIRA ISRAEL IBIHANO Israel ikomeje kunengwa n’amahanga Minisitiri w’Intebe wa Qatar, Sheikh Mohammed bin Abdulrahman bin Jassim al-Thani, yongeye kugaragaza ko igihe kigeze ngo isi ihaguruke ikumire ibikorwa by’igitugu n’intambara bimaze igihe bikorwa na Israel. Mu ijambo rye rikomeye
RDC, Kenya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika: Intambara, umutekano, politiki n’uburenganzira bwa muntu
RDC, Kenya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika: Intambara, umutekano, politiki n’uburenganzira bwa muntu Mu ijoro ryo ku wa 29 rishyira 30 Kanama 2025, ibice bitandukanye bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), u Rwanda, Kenya na Leta zunze Ubumwe za Amerika byabaye
Bamwe mu bimukira birukanywe muri Amerika bamaze kwakirwa mu Rwanda
Bamwe mu bimukira birukanywe muri Amerika bamaze kwakirwa mu Rwanda Mu gihe ibihugu byinshi byo ku mugabane wa Afurika bikomeje kugaragaza impungenge ku kibazo cy’abimukira, u Rwanda rwongeye kuba ku isonga mu kugaragaza ubushake bwo kwakira abimukira birukanywe muri Leta Zunze Ubumwe za
Uyu munsi mu mateka
Uyu munsi mu mateka Itariki ya 15 Kanama: Amateka n’ibikorwa byabaye ku isi Kwibohora k’Ubuhinde (India) : 1947 Ku wa 15 Kanama 1947, Ubuhinde bwageze ku kwigenga nyuma y’imyaka irenga 190 y’ubukoroni bw’Abongereza. Uyu munsi wateye ishema rikomeye imiryango y’Abahinde, bitegekwa kwizihizwa buri
Umusore w’imyaka 25 yavutaguye uruhinja mpaka arwishe atanga impamvu zisekeje
Umusore w’imyaka 25 wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yiyemereye ko yakubise umwana w’umwaka umwe kugeza apfuye ,avuga ko yarimo gukina nawe nyuma yo kunywa urumogi . Umugabo w’imyaka 25 y’amavuko wo mu mujyi wa Tellahassee muri Leta ya Florida muri Leta Zunze
America yagaragarije DRC ibyo igomba kuzibukira(kureka)
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zabujije ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR kurwanya Leta y’u Rwanda,zibwibutsa ko uwo mutwe wafatiwe ibihano. Ni ubutumwa bwatanzwe n’Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Amerika, Tammy Bruce, ku wa 23 Nyakanga