TOP 10 Y’IBIGANIRO ABAKUNDANA BAKUNDA GUKORERA HAMWE
TOP 10 Y’IBIGANIRO ABAKUNDANA BAKUNDA GUKORERA HAMWE Urukundo rwubakwa ku mibanire n’itumanaho. Ikiganiro hagati y’abakundana cyangwa abashakanye ni ryo rishimangira imbaraga, n’igihe urukundo rushobora kumara. Abantu benshi bibaza bati: “Ese abakundana baganira iki cyane mu buzima bwa buri munsi?” N’ubwo buri mubano wose
Nukorera ibi bintu umukunzi wawe azahora akwirahira
Dore ibintu ushobora gukorera umukunzi wawe kugira ngo ubagarire urukundo rwanyu kandi unamushimishe bityo utavaho witesha amahirwe yo gukunda no gukundwa mu buzima bwawe. 1. Mu gihe uri kumwe n’uwo ukunda, jya ugerageza kumubwira mu ijwi ryoroheje ndetse akenshi nujya kumubwira akantu gasekeje
Mukobwa/Mugore: Dore ibyo wakorera umugabo wawe ntazigere aguca inyuma
Twabateguriye bimwe mu byagufasha kurinda umugabo wawe kutaguca inyuma harimo nko kumuganirirza mbere yuko mwubaka urugo , Gerageza guhange udushya mu gihe cyo gutera akabariro ,ndetse umwereke ko ntawamusimbura muri iki gikorwa. N’ubwo ingo nyinshi zikunze gusenyuka biturutse ku makimbirane akenshi usanga ashingiye