Intambara yibasiye Uvira n’Intara ya Kivu y’Amajyepfo: Ihuriro ry’amahanga, abacancuro n’ingabo za Leta muri Congo
Intambara yibasiye Uvira n’Intara ya Kivu y’Amajyepfo: Ihuriro ry’amahanga, abacancuro n’ingabo za Leta muri Congo Uvira, Minembwe, Bukavu, kuwa 28 Kanama 2025; Umutekano wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo wongeye kujya mu icuraburindi, nyuma y’icyumweru cyuzuye imirwano ikomeye mu bice bitandukanye by’Intara ya
Uganda: Iperereza ku bahoze mu gisirikare bakekwaho kwinjira mu ntambara yo muri Ukraine
Uganda: Iperereza ku bahoze mu gisirikare bakekwaho kwinjira mu ntambara yo muri Ukraine Inzego z’umutekano muri Uganda zatangije iperereza rikomeye nyuma y’aho hafatiwe abagabo icyenda (9) bahoze mu gisirikare cya Uganda, bakekwaho kugana muri Ukraine kugira ngo bafatanye mu ntambara ikomeje hagati y’iki
Russia :Menya Perezida Vladimirovic Putin uwo ariwe.
Vladimir Vladimirovich Putin ni umugabo w’imyaka 73 ugira isabukuru ku ya 7 Ukwakira buri mwaka kandi iyi sabukuru kuyizihiza biba ari ibirori bikomeye cyane mu gihugu cy’Uburusiya. Putin ni Prezida w’igihugu cya mbere kinini ku isi aho kiri ku buso bwa Km² 17,098,242.