Umugande Charles Mwesigwa uzwi nka Abbey watamajwe na BBC kubera icuruzwa ry’abakobwa, yafashwe na Polisi ya Uganda afatanyije na InterPol i Dubai
Umugande Charles Mwesigwa uzwi nka Abbey watamajwe na BBC kubera icuruzwa ry’abakobwa, yafashwe na Polisi ya Uganda afatanyije na InterPol i Dubai Umugabo w’Umunya-Uganda witwa Charles Mwesigwa, uzwi ku izina rya Abbey, wamamaye mu makuru y’ubugenzuzi yakozwe n’ikinyamakuru BBC cyamushinje uruhare mu icuruzwa
Abarundi 32 bari mu banyamahanga 74 baheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda
Abarundi 32 bari mu banyamahanga 74 baheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda Ku wa 23 Nzeri 2025, mu igazeti ya Leta y’u Rwanda hasohotse urutonde rw’abanyamahanga 74 bakomoka mu bihugu 20 bitandukanye, bahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda. Ni ubwa mbere mu mateka y’iki gihugu habonetse
Intambara yibasiye Uvira n’Intara ya Kivu y’Amajyepfo: Ihuriro ry’amahanga, abacancuro n’ingabo za Leta muri Congo
Intambara yibasiye Uvira n’Intara ya Kivu y’Amajyepfo: Ihuriro ry’amahanga, abacancuro n’ingabo za Leta muri Congo Uvira, Minembwe, Bukavu, kuwa 28 Kanama 2025; Umutekano wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo wongeye kujya mu icuraburindi, nyuma y’icyumweru cyuzuye imirwano ikomeye mu bice bitandukanye by’Intara ya
Uganda: Iperereza ku bahoze mu gisirikare bakekwaho kwinjira mu ntambara yo muri Ukraine
Uganda: Iperereza ku bahoze mu gisirikare bakekwaho kwinjira mu ntambara yo muri Ukraine Inzego z’umutekano muri Uganda zatangije iperereza rikomeye nyuma y’aho hafatiwe abagabo icyenda (9) bahoze mu gisirikare cya Uganda, bakekwaho kugana muri Ukraine kugira ngo bafatanye mu ntambara ikomeje hagati y’iki
Umugabo yiyise dogiteri abaga abarwayi babiri bagwa ku iseta
Umugabo witwa Francis Taulula w’imyaka 27 yakatiwe gufungwa imyaka ibiri, nyuma y’uko bigaragaye ko yabeshye ko ari umuganga, akabaga abarwayi batatu bikabaviramo urupfu. Ubwo yagezwaga imbere y’Urukiko rwa Buganda, Francis Taulula ubusanzwe ukomoka mu gace ka Pallisa mu Burasirazuba bwa Uganda, yemeye ko
Impamvu perezida wa Kongo Kinshasa Antoine Felix Tshisekedi tchilombo alias Béton Faschi azarwana kugeza ku mwuka wa nyuma.
Impamvu perezida wa Kongo Kinshasa Antoine Felix Tshisekedi tchilombo alias Béton Faschi azarwana kugeza ku mwuka wa nyuma. 1. Ibyaha by’intambara ndetse n’ibindi byaha byibasiye inyoko muntu yakurikiranwaho aramutse avuye ku butegetsi. 2. Gutinya kubaho adafite ijambo we ndetse n’agatsiko ke yashyize imbere