Yabyariye mu byishimo bya Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali, amwita “UCI Noella”

Yabyariye mu byishimo bya Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali, amwita “UCI Noella”

Oct 6, 2025

Yabyariye mu byishimo bya Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali, amwita “UCI Noella” UCI bisobanuye Union Cycliste Internationale, mu Kinyarwanda bivuga Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Imikino y’Amagare. Ni ryo shyirahamwe riyobora, ritegura kandi rigakurikirana ibikorwa byose by’amagare ku isi hose harimo Shampiyona y’Isi y’Amagare (UCI Road

Read More
Kigali yanditse amateka mu gutegura shampiyona y’Isi y’amagare

Kigali yanditse amateka mu gutegura shampiyona y’Isi y’amagare

Sep 30, 2025

Kigali yanditse amateka mu gutegura shampiyona y’Isi y’amagare Kigali, umujyi w’urukundo n’ishema Mu minsi umunani itazibagirana, ijisho ry’isi yose ryari ryerekeje ku gihugu cyacu, u Rwanda, n’umurwa mukuru warwo Kigali. Ku nshuro ya mbere mu mateka y’imyaka irenga ijana ya Shampiyona y’Isi y’Amagare,

Read More
Umutoza w’u Bufaransa mu magare yabuze icyo anenga u Rwanda

Umutoza w’u Bufaransa mu magare yabuze icyo anenga u Rwanda

Sep 27, 2025

Umutoza w’u Bufaransa mu magare yabuze icyo anenga u Rwanda Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa y’Amagare, Thomas Voeckler, yemeje ko u Rwanda ari igihugu kitamworoheye kubona icyo yakinenga, nyuma y’iminsi we n’abakinnyi be bamaze bakiriye neza uko bakiriwe, bishimira uburyo bwo kubaho ndetse

Read More
IMIHANDA YA “MADE IN RWANDA’’ IZANDIKWA MU MATEKA

IMIHANDA YA “MADE IN RWANDA’’ IZANDIKWA MU MATEKA

Sep 25, 2025

IMIHANDA YA “MADE IN RWANDA’’ IZANDIKWA MU MATEKA Umunya Australia Chapman Brodie ari mu bakinnyi b’ibyamamare batangiye guhamya ko imihanda ya Kigali izasiga amateka mu mikino y’amagare ku rwego rw’Isi. Nyuma yo gufasha ikipe ye gutwara umudali wa zahabu mu isiganwa rya Team

Read More
UCI yashimangiye ko iyo bitaba Perezida Kagame Afurika itari kwakira shampiyona y’isi y’amagare

UCI yashimangiye ko iyo bitaba Perezida Kagame Afurika itari kwakira shampiyona y’isi y’amagare

Sep 22, 2025

UCI yashimangiye ko iyo bitaba Perezida Kagame Afurika itari kwakira shampiyona y’isi y’amagare Byatangajwe na Perezida w’ishyirahamwe ry’imikino yo gusiganwa ku magare ku isi (UCI), David Lappartient Mu mateka y’imikino yo gusiganwa ku magare ku rwego mpuzamahanga, umwaka wa 2025 uzasiga ikimenyetso kitazibagirana

Read More