Yabyariye mu byishimo bya Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali, amwita “UCI Noella”
Yabyariye mu byishimo bya Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali, amwita “UCI Noella” UCI bisobanuye Union Cycliste Internationale, mu Kinyarwanda bivuga Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Imikino y’Amagare. Ni ryo shyirahamwe riyobora, ritegura kandi rigakurikirana ibikorwa byose by’amagare ku isi hose harimo Shampiyona y’Isi y’Amagare (UCI Road
Kigali yanditse amateka mu gutegura shampiyona y’Isi y’amagare
Kigali yanditse amateka mu gutegura shampiyona y’Isi y’amagare Kigali, umujyi w’urukundo n’ishema Mu minsi umunani itazibagirana, ijisho ry’isi yose ryari ryerekeje ku gihugu cyacu, u Rwanda, n’umurwa mukuru warwo Kigali. Ku nshuro ya mbere mu mateka y’imyaka irenga ijana ya Shampiyona y’Isi y’Amagare,
Umutoza w’u Bufaransa mu magare yabuze icyo anenga u Rwanda
Umutoza w’u Bufaransa mu magare yabuze icyo anenga u Rwanda Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa y’Amagare, Thomas Voeckler, yemeje ko u Rwanda ari igihugu kitamworoheye kubona icyo yakinenga, nyuma y’iminsi we n’abakinnyi be bamaze bakiriye neza uko bakiriwe, bishimira uburyo bwo kubaho ndetse
IMIHANDA YA “MADE IN RWANDA’’ IZANDIKWA MU MATEKA
IMIHANDA YA “MADE IN RWANDA’’ IZANDIKWA MU MATEKA Umunya Australia Chapman Brodie ari mu bakinnyi b’ibyamamare batangiye guhamya ko imihanda ya Kigali izasiga amateka mu mikino y’amagare ku rwego rw’Isi. Nyuma yo gufasha ikipe ye gutwara umudali wa zahabu mu isiganwa rya Team
UCI yashimangiye ko iyo bitaba Perezida Kagame Afurika itari kwakira shampiyona y’isi y’amagare
UCI yashimangiye ko iyo bitaba Perezida Kagame Afurika itari kwakira shampiyona y’isi y’amagare Byatangajwe na Perezida w’ishyirahamwe ry’imikino yo gusiganwa ku magare ku isi (UCI), David Lappartient Mu mateka y’imikino yo gusiganwa ku magare ku rwego mpuzamahanga, umwaka wa 2025 uzasiga ikimenyetso kitazibagirana