Abarundi 32 bari mu banyamahanga 74 baheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda
Abarundi 32 bari mu banyamahanga 74 baheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda Ku wa 23 Nzeri 2025, mu igazeti ya Leta y’u Rwanda hasohotse urutonde rw’abanyamahanga 74 bakomoka mu bihugu 20 bitandukanye, bahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda. Ni ubwa mbere mu mateka y’iki gihugu habonetse
Uyu munsi mu mateka
Uyu munsi mu mateka Itariki ya 15 Kanama: Amateka n’ibikorwa byabaye ku isi Kwibohora k’Ubuhinde (India) : 1947 Ku wa 15 Kanama 1947, Ubuhinde bwageze ku kwigenga nyuma y’imyaka irenga 190 y’ubukoroni bw’Abongereza. Uyu munsi wateye ishema rikomeye imiryango y’Abahinde, bitegekwa kwizihizwa buri