RDC/USA:Perezida Donald Trump yashyizeho umusirikare ushinzwe ibikorwa byo kurandura FDLR

RDC/USA:Perezida Donald Trump yashyizeho umusirikare ushinzwe ibikorwa byo kurandura FDLR

Jul 2, 2025

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Za Amerika  Donald Trump yashyizeho umusirikare ushinzwe ibikorwa byo kurandura  umutwe w’iterabwoba wa FDLR,ndetse akaza anashinzwe gukurikirana ibikorwa byo gukuraho ingamba z’ubwirinzi ku Rwanda nk’uko byemejwe mu masezerano yasinywe hagati ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo na Repubulika

Read More
RDC/Rwanda:Urukiko Nyafurika rurengera uburenganzira bwa muntu nubwa baturage rwanze ikifuzo cy’u Rwanda

RDC/Rwanda:Urukiko Nyafurika rurengera uburenganzira bwa muntu nubwa baturage rwanze ikifuzo cy’u Rwanda

Jun 26, 2025

Urukiko Nyafurika rwita ku burenganzira bwa muntu n’abaturage (ACHPR), rwaregewe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo aho yashinjaga u Rwanda ko imyaka ibarirwa muri za mirongo ko iki gihugu gitera kigakora ubwicanyi, no gusahura umutungo kamere wacyo ,uru rukiko rwatangaje ko rufite ubushobozi

Read More
RDC:Igisirikare cya Fardc kiri gutegura ibitero kizatugabaho/Corneille Nangaa.

RDC:Igisirikare cya Fardc kiri gutegura ibitero kizatugabaho/Corneille Nangaa.

Jun 9, 2025

Mu kiganiro Corneille Nangaa umuhuzabikorwa w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo yagiranye n’umushakashatsi w’umubiligi Alain Destexhe, yagaragaje ko ubutegetsi bwa Congo burimo gutegura ibitero bizagabwa kuri AFC/M23. Corneille Nangaa avuga ko n’ubundi ibyo bitero birimo gukorwa. Yavuze ko ibiganiro bigamije kumvikanisha leta ya Congo n’umutwe wa

Read More
UGANDA/RDC:PEREZIDA MUSEVENI YASOBANUYE UBURYO HABYALIMANA NA MUBUTU ARIBO NKOMOKO Y’AMAKIMBIRANE ARI MURI RDC.

UGANDA/RDC:PEREZIDA MUSEVENI YASOBANUYE UBURYO HABYALIMANA NA MUBUTU ARIBO NKOMOKO Y’AMAKIMBIRANE ARI MURI RDC.

Jun 1, 2025

Tugiye kugaruka mu buryo burambuye ku  ijambo  ryavugiwe i Kampala kw’itariki 27/05/2025, ubwo Perezida Ndayishimiye yari yaje gushyikiriza inshingano  Perezida Museveni ngo abe ari ukomeza gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’ingamba zo gushakira amahoro n’umutekano igihugu cya RDC. Ni munama y’inzego zishinzwe gukurikirana ishyirwa

Read More