RDC/USA:Perezida Donald Trump yashyizeho umusirikare ushinzwe ibikorwa byo kurandura FDLR
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Za Amerika Donald Trump yashyizeho umusirikare ushinzwe ibikorwa byo kurandura umutwe w’iterabwoba wa FDLR,ndetse akaza anashinzwe gukurikirana ibikorwa byo gukuraho ingamba z’ubwirinzi ku Rwanda nk’uko byemejwe mu masezerano yasinywe hagati ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo na Repubulika
RDC/Rwanda:Urukiko Nyafurika rurengera uburenganzira bwa muntu nubwa baturage rwanze ikifuzo cy’u Rwanda
Urukiko Nyafurika rwita ku burenganzira bwa muntu n’abaturage (ACHPR), rwaregewe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo aho yashinjaga u Rwanda ko imyaka ibarirwa muri za mirongo ko iki gihugu gitera kigakora ubwicanyi, no gusahura umutungo kamere wacyo ,uru rukiko rwatangaje ko rufite ubushobozi
RDC:Igisirikare cya Fardc kiri gutegura ibitero kizatugabaho/Corneille Nangaa.
Mu kiganiro Corneille Nangaa umuhuzabikorwa w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo yagiranye n’umushakashatsi w’umubiligi Alain Destexhe, yagaragaje ko ubutegetsi bwa Congo burimo gutegura ibitero bizagabwa kuri AFC/M23. Corneille Nangaa avuga ko n’ubundi ibyo bitero birimo gukorwa. Yavuze ko ibiganiro bigamije kumvikanisha leta ya Congo n’umutwe wa
UGANDA/RDC:PEREZIDA MUSEVENI YASOBANUYE UBURYO HABYALIMANA NA MUBUTU ARIBO NKOMOKO Y’AMAKIMBIRANE ARI MURI RDC.
Tugiye kugaruka mu buryo burambuye ku ijambo ryavugiwe i Kampala kw’itariki 27/05/2025, ubwo Perezida Ndayishimiye yari yaje gushyikiriza inshingano Perezida Museveni ngo abe ari ukomeza gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’ingamba zo gushakira amahoro n’umutekano igihugu cya RDC. Ni munama y’inzego zishinzwe gukurikirana ishyirwa