Uko byari byifashe ubwo umuhanzi Timaya yageraga i Kigali(Amafoto)
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Inetimi Timaya Odon wamenyekanye nka Timaya yageze mu Rwanda, aho ategerejwe mu gitaramo kizasoza iserukiramuco rya ‘Giants of Africa’. Uyu muhanzi yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali i Kanombe mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 1 Kanama 2025. Yari