UBUTABERA BUSHYA: UKO IKIZAMINI CY’ABACAMANZA BA AFC/M23 CYAGENZE
UBUTABERA BUSHYA: UKO IKIZAMINI CY’ABACAMANZA BA AFC/M23 CYAGENZE Abakandida barenga 500 mu kizamini cy’ipima-bushobozi Ku munsi w’ejo ku cyumweru, mu kigo cya Rumangabo, habereye ikizamini gikomeye cy’ipima-bushobozi cy’abanyamategeko bifuza kuba abacamanza mu rwego rushya rwa AFC/M23. Iki kizamini cyitabiriwe n’abakandida 517 barimo abavoka
Intambara ikomeje gufata indi ntera i Lubumba, abarwanyi bamwe bemeza ko batsinzwe bagasaba gufatanya n’AFC/M23/Twirwaneho
Intambara ikomeje gufata indi ntera i Lubumba, abarwanyi bamwe bemeza ko batsinzwe bagasaba gufatanya n’AFC/M23/Twirwaneho Sud-Kivu, tariki ya 23 Kanama 2025, amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, by’umwihariko mu gace ka Lubumba, yamenyekanye ku buryo bwihuse mu gitondo cyo
Drones zituruka i Bujumbura mu gitero cyahitanye abaturage i Kanyola na Nzimbira: Impungenge ku mutekano w’akarere
Drones zaturutse i Bujumbura mu gitero cyahitanye abaturage i Kanyola na Nzimbira: Impungenge ku mutekano w’akarere Ku Cyumweru, tariki ya 17 Kanama 2025, amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko ingabo za Leta ya Kinshasa, zifatanyije n’abambari bazo,
Imirwano ikaze yongeye kwaduka muri Kivu y’Amajyepfo: abaturage ba Nzimbira na Kanyola bari mu kangaratete
Imirwano ikaze yongeye kwaduka muri Kivu y’Amajyepfo: abaturage ba Nzimbira na Kanyola bari mu kangaratete Bukavu, kuwa 17 Kanama 2025; Amakuru aturuka mu bice bya Kivu y’Amajyepfo aravuga ko ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC) n’abambari bazo bo mu