Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda yavuze ko amasezerano y’amahoro na Congo ataragera ku rwego rwo gusinywa
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Jean Patrick Nduhungirehe, yatangaje ko amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akiri mu nzira y’ibiganiro, bityo hataragera ku gihe cyo kuyashyira umukono. Ibi yabitangaje mu gihe hari amakuru yavugaga ko
U Rwanda rugiye gufungura Ambasade muri Algérie mu rwego rwo gushimangira umubano w’ibihugu byombi
Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda ruteganya gushinga Ambasade nshya muri Repubulika ya Algérie, hagamijwe gukomeza gushimangira umubano n’ubufatanye hagati y’ibi bihugu bibiri bya Afurika. Ibi yabigarutseho mu kiganiro n’abanyamakuru cyakurikiye ibiganiro yagiranye na mugenzi we wa Algérie, Perezida Abdelmadjid Tebboune, ubwo
Impamvu perezida wa Kongo Kinshasa Antoine Felix Tshisekedi tchilombo alias Béton Faschi azarwana kugeza ku mwuka wa nyuma.
Impamvu perezida wa Kongo Kinshasa Antoine Felix Tshisekedi tchilombo alias Béton Faschi azarwana kugeza ku mwuka wa nyuma. 1. Ibyaha by’intambara ndetse n’ibindi byaha byibasiye inyoko muntu yakurikiranwaho aramutse avuye ku butegetsi. 2. Gutinya kubaho adafite ijambo we ndetse n’agatsiko ke yashyize imbere
Amagambo ya Perezida Ndayishimiye amugaragaza nk’umushinjacyaha w’imbere ushinzwe gushinja u Rwanda
Mu nama yabereye i Kampala muri Uganda igahuza abayobozi bo mu Karere k’Ibiyaga Bigari, Perezida w’u Burundi, Général Major Evariste Ndayishimiye, yagaragaye nk’uwafashe umwanya wo gushinja u Rwanda ibibazo by’umutekano muke bikomeje kurangwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ndetse