Ese ikipe yo muri Sudani izakina shapiyona yo mu Rwanda niyegukana Shampiyona y’u Rwanda izahagararira u Rwanda?
Ese ikipe yo muri Sudani izakina shapiyona yo mu Rwanda niyegukana Shampiyona y’u Rwanda izahagararira u Rwanda? Nyuma y’uko FERWAFA yemeje ko amakipe yo muri Sudani, arimo Al Hilal SC Omdurman na Al-Merrikh SC, yemerewe gukina muri Rwanda Premier League guhera mu Ugushyingo
Umujyanama wa Tshisekedi yavuze ko igihe kigezengo RDC yiyomekeho u Rwanda
Umujyanama wa Tshisekedi yavuze ko igihe kigezengo RDC yiyomekeho u Rwanda Fiston Chrisnovic Balanganayi, umujyanama wa perezida akaba n’umwe mu bavuga rikijyana muishyaka rya Tshisekedi, UDPS, yatangaje ko igihe kigeze ngo RDC ifate u Rwanda irwiyomekeho cyane ko ari igihugu gito kingana n’umudugudu
Sadate Munyakazi yateje impagarara nyuma yo kuvuga amagambo asuzugura abarundi n’abanyekongo
Sadate Munyakazi yateje impagarara nyuma yo kuvuga amagambo asuzugura abarundi n’abanyekongo Umunyarwanda Sadate Munyakazi, uzwi nk’umwe mu bantu bakoresha imbuga nkoranyambaga mu buryo butavugwaho rumwe, ndetse uzwi cyane nk’umuntu ukunze kuvuga ibintu atitaye ku ngaruka zabyo, yongeye guteza impagarara nyuma yo gutangaza amagambo
U Rwanda rwanditse amateka: Ingabo z’u Rwanda zatsinze irushanwa rya gisirikare “Warrior Competition” muri Jordanie
U Rwanda rwanditse amateka: Ingabo z’u Rwanda zatsinze irushanwa rya gisirikare “Warrior Competition” muri Jordanie Mu mateka mashya y’imyitozo n’ubunyamwuga mu gisirikare, u Rwanda rwongeye kugaragaza ko ari igihugu cyubatse ingabo zifite ubumenyi buhanitse, nyuma y’uko Ingabo z’u Rwanda zidasanzwe (RDF Special Forces)
Uko FARDC yasohoye itangazo rikomeye ryo gusaba FDLR gushyira intwaro hasi no gusubira mu Rwanda
Uko FARDC yasohoye itangazo rikomeye ryo gusaba FDLR gushyira intwaro hasi no gusubira mu Rwanda Mu gihe intara z’Amajyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikomeje kuba ahantu h’imvururu n’imirwano ishingiye ku mitwe yitwaje intwaro, Igisirikare cya Congo (FARDC) cyasohoye itangazo
Yabyariye mu byishimo bya Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali, amwita “UCI Noella”
Yabyariye mu byishimo bya Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali, amwita “UCI Noella” UCI bisobanuye Union Cycliste Internationale, mu Kinyarwanda bivuga Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Imikino y’Amagare. Ni ryo shyirahamwe riyobora, ritegura kandi rigakurikirana ibikorwa byose by’amagare ku isi hose harimo Shampiyona y’Isi y’Amagare (UCI Road
Kigali yanditse amateka mu gutegura shampiyona y’Isi y’amagare
Kigali yanditse amateka mu gutegura shampiyona y’Isi y’amagare Kigali, umujyi w’urukundo n’ishema Mu minsi umunani itazibagirana, ijisho ry’isi yose ryari ryerekeje ku gihugu cyacu, u Rwanda, n’umurwa mukuru warwo Kigali. Ku nshuro ya mbere mu mateka y’imyaka irenga ijana ya Shampiyona y’Isi y’Amagare,
U Rwanda rwamaze kugera muri NBA: LA Clippers igiye kwamamaza Visit Rwanda
U Rwanda rwamaze kugera muri NBA: LA Clippers igiye kwamamaza Visit Rwanda Los Angeles, USA-Kigali, Rwanda Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere (Rwanda Development Board, RDB) cyatangaje ko cyinjiye mu bufatanye bushya n’ikipe ya basketball yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, LA Clippers, ikina muri
IMIHANDA YA “MADE IN RWANDA’’ IZANDIKWA MU MATEKA
IMIHANDA YA “MADE IN RWANDA’’ IZANDIKWA MU MATEKA Umunya Australia Chapman Brodie ari mu bakinnyi b’ibyamamare batangiye guhamya ko imihanda ya Kigali izasiga amateka mu mikino y’amagare ku rwego rw’Isi. Nyuma yo gufasha ikipe ye gutwara umudali wa zahabu mu isiganwa rya Team
RDC, Kenya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika: Intambara, umutekano, politiki n’uburenganzira bwa muntu
RDC, Kenya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika: Intambara, umutekano, politiki n’uburenganzira bwa muntu Mu ijoro ryo ku wa 29 rishyira 30 Kanama 2025, ibice bitandukanye bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), u Rwanda, Kenya na Leta zunze Ubumwe za Amerika byabaye