RIB yataye muri yombi umusore wiyiyitiriye abinyujije ku mbuga nkoranyambaga
RIB yataye muri yombi umusore wiyiyitiriye abinyujije ku mbuga nkoranyambaga Straton Ndagijimana yafashwe nyuma yo gushyira amafoto ye kuri TikTok yambaye impuzankano isa n’iy’Urwego rw’Ubugenzacyaha Musanze; Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi umusore witwa Ndagijimana Straton, nyuma yo gufatirwa mu
RIB yateguje gushinga ikipe ya ruhago: Ubundi buryo bwo kwegera urubyiruko
RIB yateguje gushinga ikipe ya ruhago: Ubundi buryo bwo kwegera urubyiruko Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yatangaje ko uru rwego ruri mu myiteguro yo gushinga ikipe ya ruhago izitabira amarushanwa mu Rwanda. Yavuze ko intego nyamukuru atari ugutsinda imipira
Umunyamakuru wasabye umugore amafaranga ngo azafunguze umugabo we yatawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi umunyamakuru ukekwaho kwiyita umwunganizi mu mategeko agasaba umugore ufite umugabo ufunzwe amafaranga ngo azamwunganire mu mategeko. Uyu munyamakuru yatse amafaranga umugore w’umugabo ufunzwe akekwaho icyaha, amwizeza ko azamwunganira mu mategeko, uwo mugore arayamuha. Nyuma umunyamakuru yaje
Abagabo Babiri Bafashwe bazira Ibiganiro byabo kuri YouTube ya ‘Dawa Rwanda TV’
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo babiri bazwi mu gutambutsa ibiganiro kuri shene ya YouTube yitwa Dawa Rwanda TV, isanzwe ikora ibikorwa by’iyobokamana bya Islam. Nk’uko RIB yabitangaje, aba bagabo bafashwe ku wa 10 Kamena 2025 ku bufatanye n’Inzego za Polisi,