UVIRA: Amashuri ya gisirikare ya SYPADEC agiye gufungurwa, Urubyiruko rurahamagarirwa kwitoza kurwana
UVIRA: Amashuri ya gisirikare ya SYPADEC agiye gufungurwa, Urubyiruko rurahamagarirwa kwitoza kurwana Uvira, tariki ya 6 Kanama 2025, mu itangazo ryaraye ritangajwe n’ubuyobozi bwa coalition ya Wazalendo binyuze muri SYPADEC, byemejwe ko bagiye gutangiza ishuri rya gisirikare hamwe na centre y’imyitozo y’ingabo z’abaturage,
UVIRA: Wazalendo bo muri SYPADEC bongeye kwigaragaza, batangaza imyiteguro yo guhangana na M23
UVIRA: Wazalendo bo muri SYPADEC bongeye kwigaragaza, batangaza imyiteguro yo guhangana na M23 Uvira, tariki ya 5 Kanama 2025, mu gihe ibiganiro byo gushaka amahoro bikomeje kubera i Doha, imitwe yitwaje intwaro yihuje mu huriro SYPADEC (Coalition des Patriotes – Wazalendo) yongeye
i Kibeho, mu Rwanda, Cardinal Fridolin Ambongo wa Kinshasa yasomye misa idasanzwe
i Kibeho, mu Rwanda, Cardinal Fridolin Ambongo wa Kinshasa yasomye misa idasanzwe “Ubutwari bw’ukuri burandikwa mu mitima y’abantu”: Cardinal Ambongo muri Kibeho ashimira Perezida w’u Rwanda, anavuga ku musore w’i Goma wahinduwe Umuhire Kibeho – 3/8/2025 Mu gicumbi cy’ububyutse bw’iyobokamana muri
Kinshasa: Televiziyo Antenne A yatewe n’abantu bitwaje intwaro.
Kinshasa: Televiziyo Antenne A yatewe n’abantu bitwaje intwaro. Hari umwuka w’igitutu kuri uyu wa Kabiri, tariki 29 Nyakanga 2025, ku muhanda witwa “Avenue du Livre” uherereye muri komine ya Gombe, i Kinshasa. Inzego z’umutekano zifite intwaro ziremereye zinjiye ku ngufu mu nyubako
Lawrence Kanyuka yanditse kuri X igisubizo ku byo abantu bibaza.
Lawrence Kanyuka yanditse kuri X igisubizo ku byo abantu bibaza. Umuvugizi wa M23 mu bijyanye na politike, bwana Lawrence Kanyuka yatangaje ku rukuta rwe rwa X amagambo asobanura ibyo abantu bibaza, akabayavuze ko: “Aho gushyira mu bikorwa ingamba zubaka icyizere hagati
Masunzu muri M23, yaba atagira isoni n’ikimwaro.
Biravugwa ko Masunzu yaba ari hagati nk’ururimi, Kinshasa ikaba yaramuhamagaye ngo agende afungwe, akaba ashaka kujya muri M23. Masunzu wari umukuru wa zone ya 3 ya gisirikare ya FARDC, ikorera mu ntara za Kivu ya Ruguru, Kivu y’Epfo n’izindi intara z’Iburasirazuba bwa
Urubanza rwa Kabila ku Rukiko Rukuru rwa Gisirikare.
Urubanza rwa Kabila ku Rukiko Rukuru rwa Gisirikare. ‘Ni nk’ikinamico, ni urukurikirane rw’ibintu bitumvikana, mu gihe igihugu kiri mu bibazo bya politiki bikomeye. Ufashe icyemezo nk’iki cy’akarengane kandi cy’ubugwari bukabije, ubutegetsi ntibwibaza ko uru rubanza rw’amafuti rwakongera gutanya abanyekongo kurushaho? Iki ni
RDC: Goma hongeye gukorwa ubundi bwicanyi bukabije
Mu mujyi wa Goma hongeye gukorerwa ubwicanyi bwakozwe na Wazalendo baciye murihumye abarwanyi ba AFC/M23, nk’uko amakuru azindutse atugeraho muriki gitondo cyo kuwa kabiri taliki 2 Nyakanga 2025 . Ubu bwicanyi bwabereye ahazwi nka SEBECA Ndosho ,aho ubu bwicanyi bwaguyemo abasivile batatu,ubwo abarwanyi
Impamvu perezida wa Kongo Kinshasa Antoine Felix Tshisekedi tchilombo alias Béton Faschi azarwana kugeza ku mwuka wa nyuma.
Impamvu perezida wa Kongo Kinshasa Antoine Felix Tshisekedi tchilombo alias Béton Faschi azarwana kugeza ku mwuka wa nyuma. 1. Ibyaha by’intambara ndetse n’ibindi byaha byibasiye inyoko muntu yakurikiranwaho aramutse avuye ku butegetsi. 2. Gutinya kubaho adafite ijambo we ndetse n’agatsiko ke yashyize imbere