UVIRA: UMUJYI WAHINDUTSE GEREZA KU BANYAMULENGE
UVIRA: UMUJI WAHINDUTSE GEREZA KU BANYAMULENGE Umujyi mu mwijima w’urwango Uvira, umujyi uri ku nkengero z’ikiyaga cya Tanganyika, ni umuyoboro ukomeye w’ubucuruzi n’ubuhahirane hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Uburundi n’u Rwanda. Ariko uyu munsi, ishusho yawo ikomeje kugenda isobanurwa mu magambo
RDC, Kenya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika: Intambara, umutekano, politiki n’uburenganzira bwa muntu
RDC, Kenya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika: Intambara, umutekano, politiki n’uburenganzira bwa muntu Mu ijoro ryo ku wa 29 rishyira 30 Kanama 2025, ibice bitandukanye bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), u Rwanda, Kenya na Leta zunze Ubumwe za Amerika byabaye
Urubanza rwa Joseph Kabila: Kwamburwa amazina, ubwenegihugu n’inkomoko i Kinshasa
Urubanza rwa Joseph Kabila: Kwamburwa amazina, ubwenegihugu n’inkomoko i Kinshasa Mu rukiko rukuru rwa gisirikare rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), urubanza rwa Joseph Kabila rwatangiye kugira umwihariko udasanzwe ubwo abanyamategeko baharanira inyungu z’igihugu basabye ko umuyobozi wigeze kuyobora RDC ahamwa ibyaha
Goma: Ubwato bwa Kivu Express bwagonze ibisigazwa by’ubwitwa Mikeno
Goma: Ubwato bwa Kivu Express bwagonze ibisigazwa by’ubwitwa Mikeno Mu ijoro ryakeye mu mujyi wa Goma, ubwato bwihuta cyane bwitwa Kivu Express bwagonze ibisigazwa by’ubundi bwitwa Mikeno bwari bwarohamye mu kiyaga cya Kivu mu myaka ine ishize. Ibi byabaye mu gihe ubuyobozi bwa
Kenya yashyizeho Uhagararira Inyungu zayo i Goma mu Burasirazuba bwa DRC
Kenya yashyizeho Uhagararira Inyungu zayo i Goma mu Burasirazuba bwa DRC Goma, DRC, Kanama 2025; Perezida wa Kenya, William Ruto, yamaze gushyiraho uhagararira inyungu z’igihugu i Goma, umujyi ukomeye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC). Madamu Judy Kiaria Nkumiri ni
Sud-Kivu, Ituri, Maniema, Walikale n’Uburundi; amakuru y’umutekano atari meza
Sud-Kivu, Ituri, Maniema, Walikale n’Uburundi; amakuru y’umutekano atari meza Mu ntangiriro z’iki cyumweru, intara zitandukanye z’Amajyepfo n’Amajyaruguru y’u Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) kimwe n’igihugu cy’u Burundi, zakomeje kugaragaramo ibikorwa by’imirwano, ibikorwa bya politiki n’itabwa muri yombi ry’abasirikare bakuru, mu
SEMATAMA YAMAGANYE ABANYAMURENGE BARI KUBYINA IGISIRIMBA MU GIHE ABABYEYI BABO BICIRWA MURI KONGO
SEMATAMA YAMAGANYE ABANYAMURENGE BARI KUBYINA IGISIRIMBA MU GIHE ABABYEYI BABO BICIRWA MURI KONGO Minembwe; Kuva intambara yongeye kubura mu misozi ya Kivu y’Amajyepfo n’iy’Amajyaruguru, ubuzima bw’Abanyamurenge bukomeje kuba mu kangaratete. Ariko, mu cyumweru gishize, amagambo y’umuyobozi w’umutwe wa Twirwaneho, Sematama, yatumye havuka impaka
AFC/M23 yamaganye icyaha cyo gukoresha abana mu ntambara
AFC/M23 yamaganye icyaha cyo gukoresha abana mu ntambara Mu itangazo ryasohotse ku rukuta rwa X (yahoze yitwa tweeter) ryasohowe na Lawrence Kanyuka, umuvugizi w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), ryamaganye bikomeye kandi ryerekana agahinda batewe n’uko ingabo zifatanyije zishamikiye kuri Leta ya Kinshasa
Addis-Abeba, RDC n’Urwanda byifashe gute?
Abahagarariye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’u Rwanda bahuriye Addis-Abeba Abahagarariye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’u Rwanda bahuriyeyo ku matariki ya 7 na 8 Kanama i Addis-Abeba mu nama ya mbere y’umuryango w’ubufatanye mu gucunga umutekano, igamije gushyira mu bikorwa amasezerano ya
Guverineri Bahati Musanga yagize Lumumba Kambere Muyisa Umuvugizi we Mukuru; Impinduka nshya muri politiki y’intara
Guverineri Bahati Musanga yagize Lumumba Kambere Muyisa Umuvugizi we Mukuru; Impinduka nshya muri politiki y’intara Goma, 5 Kanama 2025, Guverineri mushya wa Kivu ya Ruguru, Bwana Bahati Musanga Joseph Erasto, yatangaje itegeko ryihariye ritangaza ishyirwaho rya Lumumba Kambere Muyisa nk’Umuvugizi Mukuru w’Ibiro bye.