Israel ikomeje kunengwa n’amahanga
QATAR YASABYE UMURYANGO MPUZAMAHANGA GUFATIRA ISRAEL IBIHANO Israel ikomeje kunengwa n’amahanga Minisitiri w’Intebe wa Qatar, Sheikh Mohammed bin Abdulrahman bin Jassim al-Thani, yongeye kugaragaza ko igihe kigeze ngo isi ihaguruke ikumire ibikorwa by’igitugu n’intambara bimaze igihe bikorwa na Israel. Mu ijambo rye rikomeye
Tshisekedi yagaye umushinga w’amasezerano y’amahoro wateguwe na Qatar
Tshisekedi yagaye umushinga w’amasezerano y’amahoro wateguwe na Qatar Ibi byemejwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prévot, nyuma yo kwakirwa i Kinshasa ku wa 19 Kanama 2025 na Perezida Tshisekedi. Uyu muyobozi w’Uburayi yagize ati: “Rwose Perezida Tshisekedi yampamirije ko inyandiko yateguwe
RWANDA/QATAR:MINISITIRI OLIVIER NDUHUNGIREHE YASUYE QATAR.
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda Amb Olivier Nduhungirehe yagiriye uruzindo rw’akazi mu bwami bwa Qatar aho yabonanye ndetse anaganira na mugenzi we Sheikh Mohammed bin Abbulrahman bin Jessim. Uruzinduko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane yagiriye mu bwami bwa Qatar baganiriye k’umubano w’ubutwererane