Police FC yasinyishije uwahoze ari umutoza wa APR FC
Ku wa Kabiri w’iki cyumweru, ikipe ya Police FC yatangaje ko yamaze gutandukana na Mashami Vincent wari umutoza mukuru wayo, maze ishyira umukono ku masezerano na Ben Moussa El Kebil Abdessattar ukomoka muri Tuniziya, ngo abe ari we utangirana na yo urugendo rushya.