Abagize Umuryango wa Perezida Tshisekedi bakurikiranyweho ubusahuzi bw’amabuye y’agaciro
Ubushinjacyaha bwo mu gihugu cy’u Bubiligi bwashyikirijwe ikirego gishingiye ku byaha bikomeye byo kwiba amabuye y’agaciro, bivugwa ko byakozwe n’abantu icyenda bo mu muryango wa Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi. Abo bantu bashinjwa kugira uruhare mu busahuzi bw’amabuye y’agaciro
Gen.Muhoozi yasabye Perezida Tshisekedi gukura Gen Luboya muri Ituri
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda zirwanira k’ubutaka Maj Gen Muhoozi kenerugaba yatangaje ko umutekano wa Perezida Tshisekedi urinzwe ariko amusaba ko akwiye gukora ibishoboka byose agakura umuyobozi wa Gisirikare w’intara ya Ituli kubuyobozi bw’iyo ntara,Gen Johnny Luboya Nkashama ko igihe cye kibaze, Muhoozi
Perezida Tshisekedi na Fayulu bahanganye mu matora bagiye kugirana ibiganiro byihariye
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko yiteguye guhura na Martin Fayulu, kugira ngo baganire ku bibazo bikomeye igihugu gihanganye na byo muri iki gihe. Ibi bibaye nyuma y’uko Fayulu asohoye itangazo risaba ibiganiro byihariye hagati ye, Tshisekedi ubuyobozi