Abagize Umuryango wa Perezida Tshisekedi bakurikiranyweho ubusahuzi bw’amabuye y’agaciro

Abagize Umuryango wa Perezida Tshisekedi bakurikiranyweho ubusahuzi bw’amabuye y’agaciro

Jul 8, 2025

Ubushinjacyaha bwo mu gihugu cy’u Bubiligi bwashyikirijwe ikirego gishingiye ku byaha bikomeye byo kwiba amabuye y’agaciro, bivugwa ko byakozwe n’abantu icyenda bo mu muryango wa Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi. Abo bantu bashinjwa kugira uruhare mu busahuzi bw’amabuye y’agaciro

Read More
Gen.Muhoozi yasabye Perezida Tshisekedi gukura Gen Luboya muri Ituri

Gen.Muhoozi yasabye Perezida Tshisekedi gukura Gen Luboya muri Ituri

Jun 23, 2025

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda zirwanira k’ubutaka Maj Gen Muhoozi kenerugaba yatangaje ko umutekano wa Perezida Tshisekedi urinzwe ariko amusaba ko akwiye gukora ibishoboka byose agakura umuyobozi wa Gisirikare w’intara ya Ituli kubuyobozi bw’iyo ntara,Gen Johnny Luboya Nkashama ko igihe cye kibaze, Muhoozi

Read More
Perezida Tshisekedi na Fayulu bahanganye mu matora bagiye kugirana ibiganiro byihariye

Perezida Tshisekedi na Fayulu bahanganye mu matora bagiye kugirana ibiganiro byihariye

Jun 4, 2025

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko yiteguye guhura na Martin Fayulu, kugira ngo baganire ku bibazo bikomeye igihugu gihanganye na byo muri iki gihe. Ibi bibaye nyuma y’uko Fayulu asohoye itangazo risaba ibiganiro byihariye hagati ye, Tshisekedi ubuyobozi

Read More