Perezida Museveni yavuze ku byo guha ubwenegihugu impunzi z’Abanyarwanda muri Uganda
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yavuze ko impunzi z’Abanyarwanda zituye muri icyo gihugu zidashobora guhabwa ubwenegihugu bwa Uganda, kuko amategeko ahari ubu atabyemera. Ibi yabigarutseho ku wa 7 Nyakanga 2025, asubiza ibibazo ku bibazo bimaze igihe bivugwa bijyanye n’uburenganzira bw’abimukira bakomoka mu