Perezida Kagame yaganiriye na perezida mushya wa Banki Nyafurika Itsura amajyambere
Ku wa 31 Nyakanga 2025, Perezida Paul Kagame yakiriye Dr. Sidi Ould Tah, Perezida mushya wa Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (AfDB), baganira ku mikoranire isanzwe hagati y’u Rwanda n’iyo banki n’uburyo bwakwagurwa mu bihe biri imbere. Aya makuru yatangajwe n’Ibiro bya Perezida binyuze
Perezida Kagame yakiriye ambasaderi mushya w’Ubushinwa mu Rwanda
Ambasaderi mushya w’Ubushinwa,Gao Wenqi yaraye agejeje kuri Perezida Kagame inyandiko zimwemerera guhagararira inyungu z’igihugu cye i Kigali. Ambasaderi w’u Rwanda i Beijing ni James Kimonyo. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 29, Nyakanga, 2025 nibwo Perezida Paul Kagame yakiriye izo mpapuro
Perezida Kagame yavuze ku bafasha interahamwe n’abibasira u Rwanda
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rutazatezuka ku rugendo rwo kwirinda no gusigasira umutekano warwo, nubwo amahanga akomeje kurushinja impamvu zidafite ishingiro, zirimo gushaka amabuye y’agaciro ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi yabitangarije mu birori byo kwizihiza imyaka 31 ishize
RDC/USA:Perezida Donald Trump yashyizeho umusirikare ushinzwe ibikorwa byo kurandura FDLR
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Za Amerika Donald Trump yashyizeho umusirikare ushinzwe ibikorwa byo kurandura umutwe w’iterabwoba wa FDLR,ndetse akaza anashinzwe gukurikirana ibikorwa byo gukuraho ingamba z’ubwirinzi ku Rwanda nk’uko byemejwe mu masezerano yasinywe hagati ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo na Repubulika
Perezida Kagame yaganiriye n’abayobozi bakomeye ku iterambere rishingiye ku ngufu za nikeleyeri(Amafoto)
Ku wa Kabiri, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye Minisitiri w’Intebe wa Niger, Ali Mahaman Lamine Zeine, uri mu ruzinduko mu Rwanda mu rwego rwo kwitabira Inama Nyafurika igamije kurebera hamwe ejo hazaza h’imikoreshereze y’ingufu za Nikeleyeri ku mugabane. Ibiganiro byabo byibanze ku