RDC/USA:Perezida Donald Trump yashyizeho umusirikare ushinzwe ibikorwa byo kurandura FDLR
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Za Amerika Donald Trump yashyizeho umusirikare ushinzwe ibikorwa byo kurandura umutwe w’iterabwoba wa FDLR,ndetse akaza anashinzwe gukurikirana ibikorwa byo gukuraho ingamba z’ubwirinzi ku Rwanda nk’uko byemejwe mu masezerano yasinywe hagati ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo na Repubulika
UGANDA/RDC:PEREZIDA MUSEVENI YASOBANUYE UBURYO HABYALIMANA NA MUBUTU ARIBO NKOMOKO Y’AMAKIMBIRANE ARI MURI RDC.
Tugiye kugaruka mu buryo burambuye ku ijambo ryavugiwe i Kampala kw’itariki 27/05/2025, ubwo Perezida Ndayishimiye yari yaje gushyikiriza inshingano Perezida Museveni ngo abe ari ukomeza gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’ingamba zo gushakira amahoro n’umutekano igihugu cya RDC. Ni munama y’inzego zishinzwe gukurikirana ishyirwa