Nyamusaraba ari kumwe n’ingabo z’u Burundi nyinshi cyane mu kujya kurimbura abanyamurenge mu Minembwe

Nyamusaraba ari kumwe n’ingabo z’u Burundi nyinshi cyane mu kujya kurimbura abanyamurenge mu Minembwe

Sep 3, 2025

Nyamusaraba ari kumwe n’ingabo z’u Burundi nyinshi cyane mu kujya kurimbura abanyamurenge mu Minembwe Amakuru aturuka ahantu hizewe aravuga ko abasirikare babarirwa mu bihumbi bakomoka mu gihugu cy’u Burundi bamaze kugera muri ako gace. Abaturage n’abayobozi b’inzego z’ibanze bavuga ko intego y’izo ngabo

Read More
Intambara yibasiye Uvira n’Intara ya Kivu y’Amajyepfo: Ihuriro ry’amahanga, abacancuro n’ingabo za Leta muri Congo

Intambara yibasiye Uvira n’Intara ya Kivu y’Amajyepfo: Ihuriro ry’amahanga, abacancuro n’ingabo za Leta muri Congo

Aug 29, 2025

Intambara yibasiye Uvira n’Intara ya Kivu y’Amajyepfo: Ihuriro ry’amahanga, abacancuro n’ingabo za Leta muri Congo Uvira, Minembwe, Bukavu, kuwa 28 Kanama 2025; Umutekano wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo wongeye kujya mu icuraburindi, nyuma y’icyumweru cyuzuye imirwano ikomeye mu bice bitandukanye by’Intara ya

Read More
SEMATAMA YAMAGANYE ABANYAMURENGE BARI KUBYINA IGISIRIMBA MU GIHE ABABYEYI BABO BICIRWA MURI KONGO

SEMATAMA YAMAGANYE ABANYAMURENGE BARI KUBYINA IGISIRIMBA MU GIHE ABABYEYI BABO BICIRWA MURI KONGO

Aug 12, 2025

SEMATAMA YAMAGANYE ABANYAMURENGE BARI KUBYINA IGISIRIMBA MU GIHE ABABYEYI BABO BICIRWA MURI KONGO Minembwe; Kuva intambara yongeye kubura mu misozi ya Kivu y’Amajyepfo n’iy’Amajyaruguru, ubuzima bw’Abanyamurenge bukomeje kuba mu kangaratete. Ariko, mu cyumweru gishize, amagambo y’umuyobozi w’umutwe wa Twirwaneho, Sematama, yatumye havuka impaka

Read More