Nyamusaraba ari kumwe n’ingabo z’u Burundi nyinshi cyane mu kujya kurimbura abanyamurenge mu Minembwe
Nyamusaraba ari kumwe n’ingabo z’u Burundi nyinshi cyane mu kujya kurimbura abanyamurenge mu Minembwe Amakuru aturuka ahantu hizewe aravuga ko abasirikare babarirwa mu bihumbi bakomoka mu gihugu cy’u Burundi bamaze kugera muri ako gace. Abaturage n’abayobozi b’inzego z’ibanze bavuga ko intego y’izo ngabo
Intambara yibasiye Uvira n’Intara ya Kivu y’Amajyepfo: Ihuriro ry’amahanga, abacancuro n’ingabo za Leta muri Congo
Intambara yibasiye Uvira n’Intara ya Kivu y’Amajyepfo: Ihuriro ry’amahanga, abacancuro n’ingabo za Leta muri Congo Uvira, Minembwe, Bukavu, kuwa 28 Kanama 2025; Umutekano wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo wongeye kujya mu icuraburindi, nyuma y’icyumweru cyuzuye imirwano ikomeye mu bice bitandukanye by’Intara ya
SEMATAMA YAMAGANYE ABANYAMURENGE BARI KUBYINA IGISIRIMBA MU GIHE ABABYEYI BABO BICIRWA MURI KONGO
SEMATAMA YAMAGANYE ABANYAMURENGE BARI KUBYINA IGISIRIMBA MU GIHE ABABYEYI BABO BICIRWA MURI KONGO Minembwe; Kuva intambara yongeye kubura mu misozi ya Kivu y’Amajyepfo n’iy’Amajyaruguru, ubuzima bw’Abanyamurenge bukomeje kuba mu kangaratete. Ariko, mu cyumweru gishize, amagambo y’umuyobozi w’umutwe wa Twirwaneho, Sematama, yatumye havuka impaka