Perezida Tshisekedi na Fayulu bahanganye mu matora bagiye kugirana ibiganiro byihariye

Perezida Tshisekedi na Fayulu bahanganye mu matora bagiye kugirana ibiganiro byihariye

Jun 4, 2025

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko yiteguye guhura na Martin Fayulu, kugira ngo baganire ku bibazo bikomeye igihugu gihanganye na byo muri iki gihe. Ibi bibaye nyuma y’uko Fayulu asohoye itangazo risaba ibiganiro byihariye hagati ye, Tshisekedi ubuyobozi

Read More