Andry Rajoelina yambuwe ubwenegihugu bwa Madagascar
Andry Rajoelina yambuwe ubwenegihugu bwa Madagascar Andry Rajoelina, wahoze ari Perezida wa Madagascar mu bihe bibiri bitandukanye (2009–2014 na 2019–2025), yambuwe ubwenegihugu bw’iki kirwa nyuma yo gushinjwa kugira ubundi bwenegihugu yahawe n’u Bufaransa mu buryo butubahirije amategeko. Icyemezo cyafashwe na Minisitiri w’Intebe w’inzibacyuho,
Madagascar, Perezida Rajoelina yahungiye ahantu hataramenyekana, abasirikare biyunze ku baturage, ubutegetsi bwa Rajoelina bugeze mu mazi abira
Madagascar, Perezida Rajoelina yahungiye ahantu hataramenyekana, abasirikare biyunze ku baturage, ubutegetsi bwa Rajoelina bugeze mu mazi abira Antananarivo, 11 Ukwakira 2025, mu gihe Madagascar yari ikomeje kumvwa cyane ku ruhando mpuzamahanga kubera ubukungu buri mu kangaratete, ikibazo cy’abaturage batishimira imikorere ya Leta cyahindutse
Madagascar: 17 bishwe n’ibiryo
Mu gihugu cya Madagascar, mu Murwa mukuru Antananarivo, abantu 17 bapfuye bazize ibyo kurya bihumanye bariye mu birori by’isabukuru, byabaye ku Cyumweru tariki 15 Kamena 2025. Uretse abo bantu 17 bamaze gupfa, hari abandi 40 bahise bajyanwa mu bitaro bya HJRA Hospital by’aho