Amakuru yerekeranye n’ifungwa rya Lt. Col. Willy Ngoma, umuvugizi wa M23.
Amakuru yerekeranye n’ifungwa rya Lt. Col. Willy Ngoma, umuvugizi wa M23. Lt. Col. Willy Ngoma, umuvugizi wa M23, mu minsi yashize yari yashyizwe ku rutonde ruriho n’abandi bayobozi bakomeye muri M23, urwo rutonde rukaba rwari rwemejwe na ONU ndetse n’ibindi bihugu bikomeye
Bamwe mu banyapolitiki n’abasirikare bakomeye ba RDC bashinjwa kugirana ibiganiro na AFC/M23
Hari amakuru yemeza ko bamwe mu banyapolitiki bakomeye ndetse n’abayobozi b’ingabo bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bamaze igihe mu biganiro n’abahagarariye ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) ririmo umutwe wa M23, hagamijwe kuba baryinjiramo. Ibi byagaragajwe na raporo y’impuguke z’Umuryango
RDC: Goma hongeye gukorwa ubundi bwicanyi bukabije
Mu mujyi wa Goma hongeye gukorerwa ubwicanyi bwakozwe na Wazalendo baciye murihumye abarwanyi ba AFC/M23, nk’uko amakuru azindutse atugeraho muriki gitondo cyo kuwa kabiri taliki 2 Nyakanga 2025 . Ubu bwicanyi bwabereye ahazwi nka SEBECA Ndosho ,aho ubu bwicanyi bwaguyemo abasivile batatu,ubwo abarwanyi
Amagambo ya Perezida Ndayishimiye amugaragaza nk’umushinjacyaha w’imbere ushinzwe gushinja u Rwanda
Mu nama yabereye i Kampala muri Uganda igahuza abayobozi bo mu Karere k’Ibiyaga Bigari, Perezida w’u Burundi, Général Major Evariste Ndayishimiye, yagaragaye nk’uwafashe umwanya wo gushinja u Rwanda ibibazo by’umutekano muke bikomeje kurangwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ndetse