UBUTABERA BUSHYA: UKO IKIZAMINI CY’ABACAMANZA BA AFC/M23 CYAGENZE
UBUTABERA BUSHYA: UKO IKIZAMINI CY’ABACAMANZA BA AFC/M23 CYAGENZE Abakandida barenga 500 mu kizamini cy’ipima-bushobozi Ku munsi w’ejo ku cyumweru, mu kigo cya Rumangabo, habereye ikizamini gikomeye cy’ipima-bushobozi cy’abanyamategeko bifuza kuba abacamanza mu rwego rushya rwa AFC/M23. Iki kizamini cyitabiriwe n’abakandida 517 barimo abavoka
Intambara yibasiye Uvira n’Intara ya Kivu y’Amajyepfo: Ihuriro ry’amahanga, abacancuro n’ingabo za Leta muri Congo
Intambara yibasiye Uvira n’Intara ya Kivu y’Amajyepfo: Ihuriro ry’amahanga, abacancuro n’ingabo za Leta muri Congo Uvira, Minembwe, Bukavu, kuwa 28 Kanama 2025; Umutekano wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo wongeye kujya mu icuraburindi, nyuma y’icyumweru cyuzuye imirwano ikomeye mu bice bitandukanye by’Intara ya
Intambara ikomeje gufata indi ntera i Lubumba, abarwanyi bamwe bemeza ko batsinzwe bagasaba gufatanya n’AFC/M23/Twirwaneho
Intambara ikomeje gufata indi ntera i Lubumba, abarwanyi bamwe bemeza ko batsinzwe bagasaba gufatanya n’AFC/M23/Twirwaneho Sud-Kivu, tariki ya 23 Kanama 2025, amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, by’umwihariko mu gace ka Lubumba, yamenyekanye ku buryo bwihuse mu gitondo cyo
Tshisekedi yagaye umushinga w’amasezerano y’amahoro wateguwe na Qatar
Tshisekedi yagaye umushinga w’amasezerano y’amahoro wateguwe na Qatar Ibi byemejwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prévot, nyuma yo kwakirwa i Kinshasa ku wa 19 Kanama 2025 na Perezida Tshisekedi. Uyu muyobozi w’Uburayi yagize ati: “Rwose Perezida Tshisekedi yampamirije ko inyandiko yateguwe
RDC yikomye Perezida Ruto ku kugena uhagarariye Kenya i Goma: Impaka za dipolomasi n’isesengura ku mutekano w’akarere
RDC yikomye Perezida Ruto ku kugena uhagarariye Kenya i Goma: Impaka za dipolomasi n’isesengura ku mutekano w’akarere Ku wa 15 Kanama 2025, Perezida wa Kenya William Ruto yatangaje icyemezo gishya cyateye impaka mu karere kose: kugena Judy Kiaria Nkumiri nk’uhagarariye inyungu za Kenya
AFC/M23 yashyizeho Komisiyo yo gusubukura imirimo y’ubucamanza mu duce igenzura
AFC/M23 yashyizeho Komisiyo yo gusubukura imirimo y’ubucamanza mu duce igenzura Ku wa 12 Kanama 2025, Umuvugizi w’AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje icyemezo gifite nimero 022/COORDO/AFC-M23/2025, cyashyizeho komisiyo ishinzwe gutangiza no kugenzura inzira yo gusubukura imirimo y’ubutabera mu bice byafunguwe n’uyu mutwe wa gisirikare. Icyemezo
Intambara hagati ya FARDC/WAZALENDO na AFC/M23
Intambara hagati ya FARDC/WAZALENDO na AFC/M23 Tariki ya 8 Kanama 2025, mu masaha y’umugoroba, imirwano ikomeye mu karere ka Nzibira, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zikomatanyije n’umutwe wa Wazalendo bahanganye n’abarwanyi ba AFC/M23 mu
M23 ishobora kujya mu kaga
M23 ishobora kujya mu kaga Inyandiko iri mu gitabo cy’inyandiko za Kongere ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (Congressional Record), irimo icyifuzo cy’ivugururwa ry’itegeko ryagejejweho na Senateri RISCH kuri projet de loi S.2296, rigamije guha uburenganzira bwo gukoresha ingengo y’imari y’umwaka wa 2026
Guverineri Bahati Musanga yagize Lumumba Kambere Muyisa Umuvugizi we Mukuru; Impinduka nshya muri politiki y’intara
Guverineri Bahati Musanga yagize Lumumba Kambere Muyisa Umuvugizi we Mukuru; Impinduka nshya muri politiki y’intara Goma, 5 Kanama 2025, Guverineri mushya wa Kivu ya Ruguru, Bwana Bahati Musanga Joseph Erasto, yatangaje itegeko ryihariye ritangaza ishyirwaho rya Lumumba Kambere Muyisa nk’Umuvugizi Mukuru w’Ibiro bye.