Imirwano ikaze yongeye kwaduka muri Kivu y’Amajyepfo: abaturage ba Nzimbira na Kanyola bari mu kangaratete
Imirwano ikaze yongeye kwaduka muri Kivu y’Amajyepfo: abaturage ba Nzimbira na Kanyola bari mu kangaratete Bukavu, kuwa 17 Kanama 2025; Amakuru aturuka mu bice bya Kivu y’Amajyepfo aravuga ko ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (FARDC) n’abambari bazo bo mu
AFC/M23 yashyizeho Komisiyo yo gusubukura imirimo y’ubucamanza mu duce igenzura
AFC/M23 yashyizeho Komisiyo yo gusubukura imirimo y’ubucamanza mu duce igenzura Ku wa 12 Kanama 2025, Umuvugizi w’AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje icyemezo gifite nimero 022/COORDO/AFC-M23/2025, cyashyizeho komisiyo ishinzwe gutangiza no kugenzura inzira yo gusubukura imirimo y’ubutabera mu bice byafunguwe n’uyu mutwe wa gisirikare. Icyemezo
Lawrence Kanyuka yanditse kuri X igisubizo ku byo abantu bibaza.
Lawrence Kanyuka yanditse kuri X igisubizo ku byo abantu bibaza. Umuvugizi wa M23 mu bijyanye na politike, bwana Lawrence Kanyuka yatangaje ku rukuta rwe rwa X amagambo asobanura ibyo abantu bibaza, akabayavuze ko: “Aho gushyira mu bikorwa ingamba zubaka icyizere hagati
RDC/GOMA:KABILA YAHUYE N’UBUYOBOZI BW’AMASHULI MAKURU NA KAMINUZA MU MUJYI WA GOMA.
Joseph Kabila Kabange wabaye Perezida wa DRC, yakiriye itsinda ry’Abayobozi b’Amashuri Makuru na za Kaminuza muri Kivu y’Amajyaruguru. Mu bantu bari bahari harimo Perezida w’Inama y’Abayobozi b’Amashuri Makuru na Kaminuza zo muri Kivu y’Amajyaruguru akaba n’umuyobozi wa Kaminuza ya Goma (UNIFORM), Mohindo