Ibivugwa kuri Minisitiri w’Intebe wa 12 w’u Rwanda: Dr Justin Nsengiyumva wasimbuye Dr Edouard Ngirente.
Minisitiri w’Intebe wa 12 w’u Rwanda: Dr Justin Nsengiyumva wasimbuye Dr Edouard Ngirente. Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho Dr Justin Nsengiyumva nka Minisitiri w’Intebe mushya, asimbura Dr Edouard Ngirente wari umaze imyaka umunani (2017–2025) ku buyobozi bwa Guverinoma.
Kigali: Utubari tudakora neza twabaye nk’umurwayi ubagwa nta kinya
Ubugenzuzi bwakorewe mu tubari 601 mu turere twose tw’Umujyi wa Kigali, ku wa Gatandatu tariki ya 19 no ku Cyumweru tariki ya 20 Nyakanga 2025, mu rwego rwo gusuzuma iyubahirizwa ry’amabwiriza agenga ubu bucuruzi. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner of Police