Ibivugwa kuri Minisitiri w’Intebe wa 12 w’u Rwanda: Dr Justin Nsengiyumva wasimbuye Dr Edouard Ngirente.

Ibivugwa kuri Minisitiri w’Intebe wa 12 w’u Rwanda: Dr Justin Nsengiyumva wasimbuye Dr Edouard Ngirente.

Jul 24, 2025

Minisitiri w’Intebe wa 12 w’u Rwanda: Dr Justin Nsengiyumva wasimbuye Dr Edouard Ngirente.   Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho Dr Justin Nsengiyumva nka Minisitiri w’Intebe mushya, asimbura Dr Edouard Ngirente wari umaze imyaka umunani (2017–2025) ku buyobozi bwa Guverinoma.  

Read More
Kigali: Utubari tudakora neza twabaye nk’umurwayi ubagwa nta kinya

Kigali: Utubari tudakora neza twabaye nk’umurwayi ubagwa nta kinya

Jul 23, 2025

Ubugenzuzi bwakorewe mu tubari 601 mu turere twose tw’Umujyi wa Kigali, ku wa Gatandatu tariki ya 19 no ku Cyumweru tariki ya 20 Nyakanga 2025, mu rwego rwo gusuzuma iyubahirizwa ry’amabwiriza agenga ubu bucuruzi. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner of Police

Read More