Kazungu Denis ushinjwa kwica abantu 13 yavuze amagambo agaragaza ko yifuza gufungurwa
Kazungu Denis, wahamijwe ibyaha bikomeye by’ubwicanyi n’ibindi byaha byibasiye ikiremwamuntu, yasabye Urukiko Rukuru rwa Kigali ko rwamugabanyiriza igihano cy’igifungo cya burundu yahawe. Mu rubanza rwabaye ku wa 12 Kamena 2025, Kazungu yavuze ko yemeye ibyo ashinjwa, abisabira imbabazi kandi afasha ubutabera mu iperereza,