Imitwe yitwaje intwaro mu Ntara ya Ituri yiyemeje guhagarika ibikorwa by’urugomo
Ku wa 27 Kamena 2025, imitwe inyuranye ikorera mu Ntara ya Ituri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, irimo na CODECO, yemeranyije guhagarika ibikorwa by’ubugizi bwa nabi no kurwana. Aya masezerano yagezweho nyuma y’imishyikirano yamaze iminsi itanu yabereye muri teritwari ya