Iran ishyize ingaruka z’ibitero bya Amerika mu rukuta rw’ibiganiro kuri nucléaire
Iran yatangaje ko ititeguye gusubira mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bijyanye n’intwaro za kirimbuzi (nucléaire), igihe cyose hatabayeho ibisobanuro birambuye ku byerekeye ibitero Amerika iheruka kuyigabaho. Kuwa 22 Kamena 2025, Leta ya Amerika yagabye igitero ku bice bikomeye bya
Iran na Israel mu Ntambara y’Ikoranabuhanga: Intwaro n’Ubwirinzi bugezweho biri hagati mu makimbirane
Mu gihe ibihugu bibiri bikomeye mu Burasirazuba bwo Hagati, Iran na Israel, bikomeje guterana amagambo n’ibisasu, uburyo bugezweho mu gukoresha intwaro n’indege z’intambara nibwo bugena uko ibibera ku rugamba bigenda. N’ubwo igihugu gishobora kugira abasirikare benshi kandi b’intwari, igihe kidafite ibikoresho bijyanye n’igihe,
INTAMBARA: Ibyaranze ijoro ryo kuwa kabiri hagati ya Israel na Iran (Amafoto)
Umunsi wa gatandatu w’intambara iri hagati ya Iran na Israel wagaragayemo ibitero bikomeye byahuriranye hagati y’impande zombi. Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, Iran yakoze ibitero by’indege n’ibisasu ku bice bitandukanye birimo n’Umujyi wa Tel Aviv hamwe n’ahandi hagenzurwa na Israel mu misozi
Donald Trump yahakaniye Israel umugambi wo kugerageza kwivugana Ayatollah wa Iran
Bivugwa ko Donald Trump, wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, atigeze yemeranya n’umugambi wa Israel wo kugerageza kwivugana Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, mu gihe yari agifite ububasha bwo kuyobora. Amakuru aturuka ku bayobozi batatu bo muri Amerika
Russia :Menya Perezida Vladimirovic Putin uwo ariwe.
Vladimir Vladimirovich Putin ni umugabo w’imyaka 73 ugira isabukuru ku ya 7 Ukwakira buri mwaka kandi iyi sabukuru kuyizihiza biba ari ibirori bikomeye cyane mu gihugu cy’Uburusiya. Putin ni Prezida w’igihugu cya mbere kinini ku isi aho kiri ku buso bwa Km² 17,098,242.