Urukiko rwemeje icyemezo gishya ku ifungwa rya Ingabire Victoire
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwatangaje ko Ingabire Victoire Umuhoza, umunyapolitiki akaba n’umuyobozi w’ishyaka DALFA-Umurinzi ritemewe mu Rwanda, agomba gukurikiranwa afunzwe by’agateganyo mu gihe cy’iminsi 30. Ni icyemezo cyasomwe ku wa Gatanu, tariki 18 Nyakanga 2025, nyuma y’uko habaye urubanza ku ifungwa ry’agateganyo ry’uyu
Urubanza rwa Ingabire Victoire rwasubitswe
Mu gitondo cyo kuwa 8 Nyakanga 2025 umunyapolitiki utavugwa rumwe na Leta, Ingabire Victoire habereye urubanza rwabereye ku Rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro aho yari yunganiwe na Me Gatera Gashabana. Ingabire Victoire yavuze ko hari amajwi ari muri sisisteme atabashijr kumva. Ni amajwi yakuwe
Ingabire Victoire yongeye gutabwa muri yombi
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Ingabire Victoire Umuhoza, nyuma y’uko Urukiko Rukuru rusabye ko hakorwa iperereza rirambuye ku ruhare akekwaho mu bikorwa bivugwaho kuba bigamije guhungabanya umutekano w’igihugu. Iri perereza rishingiye ku byaha bikubiyemo kurema umutwe w’abantu bagamije ibikorwa by’urugomo no gukwirakwiza