Umuhanzikazi wo muri Uganda avuga impamvu adakunda kwambara umwenda w’imbere(Amafoto)
Umuririmbyikazi w’Umunya-Uganda, Gloria Bugie, wamenyekanye cyane mu ndirimbo Panama, yatangaje ko yahisemo kutambara umwenda w’imbere bitewe n’uko awufata nk’utamworohereza mu buzima bwe bwa buri munsi. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Zahara Totto kuri StarTimes Makula TV, Bugie yavuze ko kwambara uwo mwenda bimubangamira haba