Gen Maj Muhoozi yiyemeje kurwanya Wazalendo n’abandi nkabo
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda zirwanira k’ubutaka Maj Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko mu mitwe yitwaje intwaro agiye kurwanya ku ikubitiro harimo umutwe wa Wazalendo. Ibi Muhoozi yabitangaje k’urukuta rwe rwa Twitter aho yavuze ko atazihanganira ibikorwa bibi by’uyu mutwe mukubuza umutekano abaturage
Gen.Muhoozi yasabye Perezida Tshisekedi gukura Gen Luboya muri Ituri
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda zirwanira k’ubutaka Maj Gen Muhoozi kenerugaba yatangaje ko umutekano wa Perezida Tshisekedi urinzwe ariko amusaba ko akwiye gukora ibishoboka byose agakura umuyobozi wa Gisirikare w’intara ya Ituli kubuyobozi bw’iyo ntara,Gen Johnny Luboya Nkashama ko igihe cye kibaze, Muhoozi