Abasirikare ba FDNB bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n’amaguru bazira kwishyuza umushahara barwaniye muri RDC
Abasirikare ba FDNB bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n’amaguru bazira kwishyuza umushahara barwaniye muri RDC Umwuka w’uburakari n’agahinda urakomeje mu ngabo z’u Burundi nyuma y’uko abasirikare bagera kuri mirongo itatu (30) bahanishijwe igihano gikomeye cyo kuzenguruka igihugu cyose n’amaguru, bazira kwishyuza amafaranga bavuga ko
UVIRA: Inama yarangiye nta bwumvikane; Wazalendo bamaganye ubuyobozi bwa Gasita, bateguza gufunga imipaka n’umurwa wose
UVIRA: Inama yarangiye nta bwumvikane; Wazalendo bamaganye ubuyobozi bwa Gasita, bateguza gufunga imipaka n’umujyi wose. Uvira, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo; amakuru yizewe yaturutse mu mujyi wa Uvira, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC), aravuga ko inama yabaye kuri iki
UVIRA: UMUJYI WAHINDUTSE GEREZA KU BANYAMULENGE
UVIRA: UMUJI WAHINDUTSE GEREZA KU BANYAMULENGE Umujyi mu mwijima w’urwango Uvira, umujyi uri ku nkengero z’ikiyaga cya Tanganyika, ni umuyoboro ukomeye w’ubucuruzi n’ubuhahirane hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Uburundi n’u Rwanda. Ariko uyu munsi, ishusho yawo ikomeje kugenda isobanurwa mu magambo