Uvira: Ingurube za Perezida Ndayishimiye zitumye abantu bapfa
Uvira: Ingurube za Perezida Ndayishimiye zitumye abantu bapfa Uvira, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, 28 Nzeri 2025 Hari igihe amakimbirane y’imitwe yitwaje intwaro arushaho kugaragaza ko ubuzima bw’umuntu bushobora kugurwa n’ubusa. Mu mujyi wa Uvira, mu Burasirazuba bwa Kivu, haturutse inkuru idasanzwe ishimangira
RDC/GOMA:Umuyobozi wa MONUSCO atangiye inama n’ubuyobozi bwa AFC/M23.
Intumwa idasanzwe y’umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’abibumbye ,Bintou Keita Ari mu nama n’abayobozi bakuru n’ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi AFC/m23 iyi nama ikaba yatangiye guhera saa yine kuri uyu wa Gatanu 13 Kamena2025 ikaba iri kubera mu mujyi wa Goma. Umuyobozi wa Monusco yageze