Ambasaderi wa RDC mu Burundi n’abandi bakozi bakekwaho imikoranire n’imitwe yitwaje intwaro
Ambasaderi w’Igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu Burundi, Willy Mulumba, ari mu bantu bari gukorwaho iperereza bashinjwa gukorana n’amatsinda yitwaje intwaro arimo M23, MRDP-Twirwaneho n’ihuriro AFC. Ku wa 27 Nyakanga 2025, inzego z’umutekano mu Burundi zataye muri yombi Laurent Ruboneka Musabwa,
Uvira: Umu-Colonel wa FARDC yishwe n’inkoni muri gereza azize indaya
Mu mujyi wa Uvira mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, haravugwa akavuyo gakomeye nyuma y’urupfu rwa Colonel Bukiseli Lokito, umwe mu basirikare bakuru ba FARDC. Yitabye Imana nyuma yo gukubitwa bikomeye ubwo yari yajyanywe muri gereza ya gisirikare ya Bataillon PM
Ibyavuye mu nteko ishinga amategeko ku masezerano y’amahoro hagati y’uRwanda na DRC
Abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bamaze gutora itegeko ryemeza burundu amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasinyiwe i Washington, Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mezi make ashize, binyuze mu buhuza bw’icyo gihugu. Mu gusobanura iby’ayo masezerano,
America yagaragarije DRC ibyo igomba kuzibukira(kureka)
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zabujije ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR kurwanya Leta y’u Rwanda,zibwibutsa ko uwo mutwe wafatiwe ibihano. Ni ubutumwa bwatanzwe n’Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Amerika, Tammy Bruce, ku wa 23 Nyakanga
DRC:Umuyobozi wari waraburiwe Irengero yabonetse mu buryo butunguranye
Elias Kaombi, uyobora agace ka Busi gaherereye muri Lokarite ya Banaulengo, mu Gurupoma ya Luberike (Teritwari ya Walikale), mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yagarutse mu rugo nyuma y’ibyumweru bibiri yari amaze ari mu maboko y’inyeshyamba bikekwa ko ari iz’umutwe wa
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda yavuze ko amasezerano y’amahoro na Congo ataragera ku rwego rwo gusinywa
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Jean Patrick Nduhungirehe, yatangaje ko amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akiri mu nzira y’ibiganiro, bityo hataragera ku gihe cyo kuyashyira umukono. Ibi yabitangaje mu gihe hari amakuru yavugaga ko
CSAC muri RDC yahagaritse itangazwa ry’amakuru ya Kabila na PPRD mu bitangazamakuru
Christian Bosembe uyobora urwego rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rushinzwe kugenzura itangazamakuru n’itumanaho (CSAC), yatangaje icyemezo kiburira ibitangazamakuru gutangaza inkuru zerekeye Joseph Kabila wahoze ari Perezida w’icyo gihugu, ndetse n’ishyaka rye rya PPRD. Ibi yabitangaje ku wa 2 Kamena 2025, mu gihe
DRC:Jenerali Banywesize yateje impaka hagati ya leta n’imiryango yigenga
Ihuriro ry’Imiryango itegamiye kuri Leta muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (ONGDH), ryasohoye itangazo ryerekana impungenge zishingiye ku ifungwa ridasobanutse rya Jenerali Pierre Banywesize Bulanga, wari Umuyobozi Wungirije ushinzwe ibikorwa bya gisirikare mu gace ka Dungu, Intara ya Haut-Uele. Iri tangazo ryashyizwe ahagaragara
Amagambo ya Perezida Ndayishimiye amugaragaza nk’umushinjacyaha w’imbere ushinzwe gushinja u Rwanda
Mu nama yabereye i Kampala muri Uganda igahuza abayobozi bo mu Karere k’Ibiyaga Bigari, Perezida w’u Burundi, Général Major Evariste Ndayishimiye, yagaragaye nk’uwafashe umwanya wo gushinja u Rwanda ibibazo by’umutekano muke bikomeje kurangwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ndetse
Leta ya Kinshasa yagize Goma n’ibiyegereye nk’amahanga, M23 ivuga ko ari ubugambanyi
Ihuriro ry’inyeshyamba za AFC/M23 ryashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) kugendera ku myumvire y’uko hari igice cy’igihugu kitatayeguriwe, bituma yifata nk’aho ari igice cy’amahanga, bikaba bishobora gukurura ingaruka zikomeye ku bumwe bw’igihugu. Mu raporo y’impapuro 38 yashyizwe ahagaragara ku wa