U Rwanda na Tunisia mu biganiro byo gushimangira umubano n’ubufatanye mu iterambere
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente, yaganiriye kuri telefone na Minisitiri wa Tunisia, Sarra Zaafrani Zenzri, ku wa 17 Kamena 2025, bagaruka ku ngingo zitandukanye zijyanye no gushimangira ubufatanye hagati y’ibihugu byombi, cyane cyane mu by’ubucuruzi, ingufu, ubwikorezi n’imishinga y’iterambere rusange. Mu