Perezida Trump yirukanye Umuyobozi amujijije ikintu gutangaje

Perezida Trump yirukanye Umuyobozi amujijije ikintu gutangaje

Aug 3, 2025

Perezida wa Leta zunze ubumwe za America Donald Trump yirukanye umuyobozi w’urwego rushinzwe ibaruramibare rishingiye ku mirimo (BLS), Dr. Erika McEntarfer, amushinja gutangaza imibare mike y’imirimo yahanzwe. Trump yafashe iki cyemezo tariki ya 1 Kanama 2025, nyuma y’amasaha make BLS igaragaje ko imirimo

Read More
RDC/USA:Perezida Donald Trump yashyizeho umusirikare ushinzwe ibikorwa byo kurandura FDLR

RDC/USA:Perezida Donald Trump yashyizeho umusirikare ushinzwe ibikorwa byo kurandura FDLR

Jul 2, 2025

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Za Amerika  Donald Trump yashyizeho umusirikare ushinzwe ibikorwa byo kurandura  umutwe w’iterabwoba wa FDLR,ndetse akaza anashinzwe gukurikirana ibikorwa byo gukuraho ingamba z’ubwirinzi ku Rwanda nk’uko byemejwe mu masezerano yasinywe hagati ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo na Repubulika

Read More
RDC/Rwanda:Urukiko Nyafurika rurengera uburenganzira bwa muntu nubwa baturage rwanze ikifuzo cy’u Rwanda

RDC/Rwanda:Urukiko Nyafurika rurengera uburenganzira bwa muntu nubwa baturage rwanze ikifuzo cy’u Rwanda

Jun 26, 2025

Urukiko Nyafurika rwita ku burenganzira bwa muntu n’abaturage (ACHPR), rwaregewe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo aho yashinjaga u Rwanda ko imyaka ibarirwa muri za mirongo ko iki gihugu gitera kigakora ubwicanyi, no gusahura umutungo kamere wacyo ,uru rukiko rwatangaje ko rufite ubushobozi

Read More
Donald Trump yahakaniye Israel umugambi wo kugerageza kwivugana Ayatollah wa Iran

Donald Trump yahakaniye Israel umugambi wo kugerageza kwivugana Ayatollah wa Iran

Jun 16, 2025

Bivugwa ko Donald Trump, wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, atigeze yemeranya n’umugambi wa Israel wo kugerageza kwivugana Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, mu gihe yari agifite ububasha bwo kuyobora. Amakuru aturuka ku bayobozi batatu bo muri Amerika

Read More