Bizimana Djihad yafashije ikipe ye gutera indi ntambwe
Umunyarwanda Bizimana Djihad ukinira Al Ahly Tripoli yo muri Libya, ari mu bayifashije gutsinda umukino wa mbere mu ya kamarampaka izagena ikipe yegukana Shampiyona. Mu ijoro ryo ku wa Gatanu, tariki ya 25 Nyakanga 2025, ni bwo Al Ahly Tripoli yakinnye na Al