Bizimana Djihad yafashije ikipe ye gutera indi ntambwe

Bizimana Djihad yafashije ikipe ye gutera indi ntambwe

Jul 26, 2025

Umunyarwanda Bizimana Djihad ukinira Al Ahly Tripoli yo muri Libya, ari mu bayifashije gutsinda umukino wa mbere mu ya kamarampaka izagena ikipe yegukana Shampiyona. Mu ijoro ryo ku wa Gatanu, tariki ya 25 Nyakanga 2025, ni bwo Al Ahly Tripoli yakinnye na Al

Read More