Nari narapfuye, none narazutse. Ndi ku rupfu rwanjye rwa 40, ariko ndacyariho
“Nari narapfuye, none narazutse. Ndi ku rupfu rwanjye rwa 40, ariko ndacyariho Ubuyobozi bwa #Tshisekedi buyobora bushingiye ku gushimisha rubanda no ku bwoba” Mu gitondo cyo ku wa Kane tariki 23 Ukwakira 2025, i Goma (intara ya Nord‑Kivu, muri République démocratique du Congo)
Corneille Nangaa yatangije umwaka w’amashuri mu bice byose bigenzurwa na M23: Imirimo yose irakorwa, abakozi bahembwa n’ihuriro AFC/M23
Corneille Nangaa yatangije umwaka w’amashuri mu bice byose bigenzurwa na M23: Imirimo yose irakorwa, abakozi bahembwa n’ihuriro AFC/M23 Ku itariki ya 1 Nzeri 2025, Corneille Nangaa, uyoboye Ihuriro AFC/M23, yatangije ku mugaragaro umwaka w’amashuri mu turere twose tugenzurwa n’uyu mutwe. Ni intambwe ikomeye
RDC:Igisirikare cya Fardc kiri gutegura ibitero kizatugabaho/Corneille Nangaa.
Mu kiganiro Corneille Nangaa umuhuzabikorwa w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo yagiranye n’umushakashatsi w’umubiligi Alain Destexhe, yagaragaje ko ubutegetsi bwa Congo burimo gutegura ibitero bizagabwa kuri AFC/M23. Corneille Nangaa avuga ko n’ubundi ibyo bitero birimo gukorwa. Yavuze ko ibiganiro bigamije kumvikanisha leta ya Congo n’umutwe wa