Uburundi: SNR yataye muri yombi umukozi wa Ambasade ya Congo, ukomeye mu muryango w’Abanyamulenge.
Uburundi: SNR yataye muri yombi umukozi wa Ambasade ya Congo, ukomeye mu muryango w’Abanyamulenge. Amakuru aturuka mu murwa mukuru w’ubukungu w’Uburundi, Bujumbura, aravuga ko ku cyumweru tariki 27 Nyakanga 2025, Urwego rw’Ubutasi rw’iki gihugu (SNR), ku bufatanye na Polisi n’Ingabo z’Uburundi, rwataye
Burundi: ishyamba rya Kibira niryo riri gutorezwamo FDLR
Burundi: ishyamba rya kibira niryo riri gutorezwamo FDLR Ibikorwa bya gisirikare bya FDLR (Forces démocratiques de libération du Rwanda) biri kuba muri ishyamba rya Kibira riherereye mu burengerazuba bwo mu Burundi, abasirikare ba FDLR bari kwiyegeranyiriza muri iryo shyamba nk’igicumbi cyangwa ahabera
Umunwa wa Mbayahaga Isidore wamuhesheje amahirwe adasanzwe.
Umunwa wa Mbayahaga Isidore wamuhesheje amahirwe adasanzwe. Mbayahaga Isidore ugereranywa na KAJUGA Robert wo mu Rwanda nawe ahawe amahirwe ari ku rwego rumwe n’ayahawe KAJUGA Robert. Mbayahaga Isidore agereranywa na Robert Kajuga, cyane kandi ko bombi bahawe amahirwe yo gukora
Burundi:Hakozwe amavugurura mu bayobozi b’igihugu
Sena y’u Burundi yemeje abayobozi bashya bagiye kuyobora intara eshanu zashinzwe nyuma y’ihuzwa ry’iyari isanzwe ari 18. Iri vugururwa ryemejwe ku itariki ya 3 Nyakanga 2025 binyuze mu iteka rya Perezida wa Repubulika, rikurikirwa no gutangazwa kwa ba Guverineri bashya ku wa 4
Akazi cyangwa Ubucakara? Abarenga 17,000 b’abarundi boherejwe mu bihugu by’abarabu, bamwe baragarutse barakomerekejwe.
Akazi cyangwa Ubucakara? Abarenga 17,000 b’abarundi boherejwe mu bihugu by’abarabu, bamwe baragarutse barakomerekejwe. Byibura abarundi 17,000 bamaze koherezwa ku mugaragaro mu bihugu by’abarabu, aho bajyanywe mu rwego rwo gukorera yo akazi binyuze mu masezerano y’ubufatanye hagati ya Leta y’ Uburundi na Arabiya Sawudite.
RDC: Goma hongeye gukorwa ubundi bwicanyi bukabije
Mu mujyi wa Goma hongeye gukorerwa ubwicanyi bwakozwe na Wazalendo baciye murihumye abarwanyi ba AFC/M23, nk’uko amakuru azindutse atugeraho muriki gitondo cyo kuwa kabiri taliki 2 Nyakanga 2025 . Ubu bwicanyi bwabereye ahazwi nka SEBECA Ndosho ,aho ubu bwicanyi bwaguyemo abasivile batatu,ubwo abarwanyi
Amagambo ya Perezida Ndayishimiye amugaragaza nk’umushinjacyaha w’imbere ushinzwe gushinja u Rwanda
Mu nama yabereye i Kampala muri Uganda igahuza abayobozi bo mu Karere k’Ibiyaga Bigari, Perezida w’u Burundi, Général Major Evariste Ndayishimiye, yagaragaye nk’uwafashe umwanya wo gushinja u Rwanda ibibazo by’umutekano muke bikomeje kurangwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ndetse