Abasirikare ba FDNB bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n’amaguru bazira kwishyuza umushahara barwaniye muri RDC
Abasirikare ba FDNB bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n’amaguru bazira kwishyuza umushahara barwaniye muri RDC Umwuka w’uburakari n’agahinda urakomeje mu ngabo z’u Burundi nyuma y’uko abasirikare bagera kuri mirongo itatu (30) bahanishijwe igihano gikomeye cyo kuzenguruka igihugu cyose n’amaguru, bazira kwishyuza amafaranga bavuga ko
Burundi yohereje abasirikare b’aba komando i Kinshasa kurinda Perezida Félix Tshisekedi
Burundi yohereje abasirikare b’aba komando i Kinshasa kurinda Perezida Félix Tshisekedi Kinshasa, 15 Ukwakira 2025, mu gihe umwuka w’amakimbirane hagati y’umukuru w’igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) n’ingabo ze urushaho kwiyongera, igihugu cy’u Burundi cyohereje abasirikare bacyo b’intoranywa mu murwa mukuru
Cholera i Bujumbura: abaturage babujijwe guhana ibiganza mu kuramukanya
Cholera i Bujumbura: abaturage babujijwe guhana ibiganza mu kuramukanya Bujumbura, umwuka utari usanzwe mu mujyi mukuru w’ubukungu w’u Burundi, aho indwara ya Cholera yongeye gutera inkeke ku buryo abayobozi bafashe ingamba zikomeye, zirimo kubuza abaturage guhana amaboko mu kuramukanya, guca ku mihanda batwaye
Abarundi 32 bari mu banyamahanga 74 baheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda
Abarundi 32 bari mu banyamahanga 74 baheruka guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda Ku wa 23 Nzeri 2025, mu igazeti ya Leta y’u Rwanda hasohotse urutonde rw’abanyamahanga 74 bakomoka mu bihugu 20 bitandukanye, bahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda. Ni ubwa mbere mu mateka y’iki gihugu habonetse
UVIRA: UMUJYI WAHINDUTSE GEREZA KU BANYAMULENGE
UVIRA: UMUJI WAHINDUTSE GEREZA KU BANYAMULENGE Umujyi mu mwijima w’urwango Uvira, umujyi uri ku nkengero z’ikiyaga cya Tanganyika, ni umuyoboro ukomeye w’ubucuruzi n’ubuhahirane hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Uburundi n’u Rwanda. Ariko uyu munsi, ishusho yawo ikomeje kugenda isobanurwa mu magambo
Sud-Kivu, Ituri, Maniema, Walikale n’Uburundi; amakuru y’umutekano atari meza
Sud-Kivu, Ituri, Maniema, Walikale n’Uburundi; amakuru y’umutekano atari meza Mu ntangiriro z’iki cyumweru, intara zitandukanye z’Amajyepfo n’Amajyaruguru y’u Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) kimwe n’igihugu cy’u Burundi, zakomeje kugaragaramo ibikorwa by’imirwano, ibikorwa bya politiki n’itabwa muri yombi ry’abasirikare bakuru, mu
Umuskuti ayoboye igisirikare!
Umuskuti ayoboye igisirikare! Uyu munsi, Uburundi buri mu bihe bigoye byo guhindura no kunoza imikorere ya gisirikare, ndetse hakaba hanagaragara impinduka zidasanzwe mu miyoborere y’igisirikare; nko gushyiraho Marie-Chantal Nijimbere nka Minisitiri w’Ingabo wa mbere w’umugore mu mateka y’igihugu. Uko byakiriwe n’abaturage n’abasirikare: Hagati
Ni uko Marie Chantal afata intwaro
“Ni uko Marie Chantal afata intwaro”  Ishyirwaho bwa mbere ry’umugore ku mwanya wa Minisitiri w’Ingabo mu Burundi, ari we Marie-Chantal Nijimbere. Marie-Chantal yafashe intwaro… Ku nshuro ya mbere, umugore agizwe Minisitiri w’Ingabo mu Burundi. Uwo mugore ni Marie-Chantal Nijimbere, ukomoka mu muryango
Minisitiri w’intebe w’u Burundi yahinduriwe imirimo
Leta y’u Burundi yatangaje ko Gervais Ndirakobuca wari Minisitiri w’Intebe wayo kuva muri Nzeri 2022, kuri uyu wa 5 Kanama 2025 yatorewe kuba Perezida mushya wa Sena y’iki gihugu. Ndirakobuca uri mu basenateri babiri baherutse gutorerwa guhagararira ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu
Ambasaderi wa RDC mu Burundi n’abandi bakozi bakekwaho imikoranire n’imitwe yitwaje intwaro
Ambasaderi w’Igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu Burundi, Willy Mulumba, ari mu bantu bari gukorwaho iperereza bashinjwa gukorana n’amatsinda yitwaje intwaro arimo M23, MRDP-Twirwaneho n’ihuriro AFC. Ku wa 27 Nyakanga 2025, inzego z’umutekano mu Burundi zataye muri yombi Laurent Ruboneka Musabwa,