Ukuri ku kuba Burna Boy afite ifaranga rye bwite rya Crypto Currency
Umuhanzi Burna Boy uri mu bamaze gukora amateka atandukanye mu muziki, yihakanye ifaranga ry’ikoranabuhanga rizwi nka meme ryitiriwe izina rye, ryari rimaze iminsi rizenguruka ku rubuga rwa X. Uwo muhanzi w’injyana ya Afro Beats, yasobanuye ko adakora ubucuruzi ubwo ari bwo bwose bwa