Igihe cya Bishop Gafaranga muri gereza cyongerewe
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwemeje ko icyemezo cyafashwe mbere n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata kigomba kugumaho, gitegeka ko Habiyambere Zacharie, uzwi cyane nka Bishop Gafaranga, akomeza gufungwa by’agateganyo mu gihe cy’iminsi 30. Ibi byatangajwe ku wa 11 Nyakanga 2025, nyuma y’uko ku wa 7