Amerika: Imirambo isigaye ihindurwamo ubutaka bwifashishwa mu guhinga
Amerika: Imirambo isigaye ihindurwamo ubutaka bwifashishwa mu guhinga Mu gihe isi ikomeje gushakisha uburyo bwo kubungabunga ibidukikije no kugabanya imyanda ituruka mu bikorwa by’abantu, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hatangiye gukwirakwira uburyo bushya bwo gushyingura abantu bapfuye butari busanzwe. Ubu buryo bwiswe
Iran ishyize ingaruka z’ibitero bya Amerika mu rukuta rw’ibiganiro kuri nucléaire
Iran yatangaje ko ititeguye gusubira mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bijyanye n’intwaro za kirimbuzi (nucléaire), igihe cyose hatabayeho ibisobanuro birambuye ku byerekeye ibitero Amerika iheruka kuyigabaho. Kuwa 22 Kamena 2025, Leta ya Amerika yagabye igitero ku bice bikomeye bya