Musanze:Inzoga zashyize akadomo ku buzima bw’umuturage
Ryambabaje, w’imyaka 35, wari utuye mu Kagari ka Nturo, Umurenge wa Rwaza mu Karere ka Musanze, yasanzwe yapfiriye aho yari yacumbikiwe na mubyara we. Birakekwa ko yishwe n’inzoga nyinshi yakundaga kunywera mu nda nsa. Amakuru avuga ko ku wa 6 Nyakanga 2025 yari